Perezida Kagame na Samia Suluhu baganiriye

Perezida Paul Kagame , kuri iki cyumweru, tariki ya 3 Gicurasi 2026,  yageze i Dar es Salaam muri Tanzania, mu ruzinduko rw’akazi rw’umunsi umwe rugamije gushimangira umubano uri hagati y’ibihugu byombi. Akigerayo, Umukuru w’Igihugu yakiriwe na mugenzi we, Perezida Samia Suluhu Hassan, bagirana ibiganiro byihariye. Ibiganiro byabo byibanze ku kurushaho gushimangira ubufatanye hagati y’u Rwanda … Continue reading Perezida Kagame na Samia Suluhu baganiriye