Uyu mukino wabaye kuwa Gatanu tariki 30 Nzeri 2022, ikipe ya Rwandair FC yatsindiwe na Habiyaremye watsinze ibitego bibiri na Eric watsinze kimwe.
Ikipe ya MOD FC n’ubwo yabonye ibitego bibiri, ntabwo byari bihagije kuko ubanza ikipe zombi zari zanganyije igitego kimwe ku kindi. Ibi bisobanuye ko Rwandair FC yageze ku mukino wa nyuma muri shampiyona itegurwa n’Ishyirahamwe Nyarwanda ry’Imikino y’Abakozi [ARPST].
Ibitego bya Rwandair FC byinjiraga buri kanya!Ibyishimo bisendereye
Baba bafashe umwanya bakaza gushyigikira ikipeUmukino wo wari ukomeyeUmutoza Richard ntabwo yigeze yicaraThierry nta mupira MOD FC yamwatse idakoze ikosaPichu yafashije Rwandair FC cyaneGahunda yari imigeriImigeri iba ivuza ubuhuhaIgisobanuro cy’ibyishimoAbasore bishimiraga igitego buri kanyaBati reka tuguhe umunyenga kuko waduhaye ibyishimoAti mpa agafoto muvandimwe nta wamenya sha!Bari biragije Allah muri byoseBuri wese yafataga uwo begeranyeKalimba Richard utoza Rwandair FC ati ibi ni ibiki Banyarwanda?Umusifuzi Jean Paul ntiyari akeneye umukinnyi umuburanyaKaruhanga [wa 3 uhereye iburyo] igitima cyadihagaAbayobozi baba baje gushyigikira ikipeUmupira si intambaraMuzarenda uba hafi cyane y’ikipe