Amafoto y’intoranywa yaranze Kivu Belt Race

Ku Cyumweru tariki 26 Werurwe 2023, mu Karere ka Rubavu habereye irushanwa ry’amagare ryiswe ‘Kivu Belt Race’ ryegukanywe na Niyonkuru Samuel na Nirere Xaverine mu bakobwa.

Uyu musore ufite imyaka umunani yashimishije benshi

Ni isiganwa ryitabiriwe n’amakipe yose asanzwe ari Abanyamuryango b’Ishyirahamwe Nyarwanda ry’Umukino wo Gusiganwa ku magare, Ferwacy, yari yiganjemo abakiri bato benshi.

Ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu bwari burangajwe imbere na Kambogo Ildephonse uyobora aka Karere, bwari buhari. Umuyobozi wa Ferwacy, Murenzi Abdallah na we ari mu barebye uyu mukino.

Uruganda rwenga ibinyobwa bisembuye rwa Ngufu Gin Limited, rwari ruhari nk’umuterankunga mukuru w’iri siganwa.

Hose ku mihanda hari abakunda igare
Buri wese yagiye yirwanaho
Umuhanzi Eric Senderi yasusurukije abaje kureba igare
Intsinzi ya Niyonkuru Samuel
Abakobwa barinyonze karahava
Igisobanuro cyo gutsinda
Ingimbi zahize abandi
Nirere Xaverine na bagenzi be
Mugisha Moise yageze aho ayobora isiganwa
Manizabayo Eric [Karadiyo] yabanje kuyobora isiganwa umwanya munini
Rugmba yakuruye ariko biranga
Ingufu Gin Ltd basesenguraga umukino
Ibyishimo!
Murenzi ati umva nkubwire gato
Aha hasesengurwaga igare
Ornella yari ahari
MD wa Ingufu Gin Ltd, Ornella
Ingufu Gin Ltd
Uyu nawe yari ahari!
Ku mihanda bari benshi
i Rubavu byari byiza ku bakunda igare
Bugesera Cycling Team mu bato
Imihanda yari icyeye
Amahumbezi i Rubavu

UMUSEKE.RW