Perezida Kagame yagiriye uruzinduko rw’akazi mu birwa bya Barbados

Umukuru w’Igihugu cy’u Rwanda nyuma yo gusoza uruzinduko rw’iminsi 3 mu gihugu cya Jamaica ubu ari mu ruzinduko mu birwa bya Barbados naho ni muri Caraibe. Ku kibuga cy’indege Mpuzamaganga, Grantley Adams International Airport, Kagame yakiriwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga Jerome Xavier Walcott. Ibiro by’Umukuru w’Igihugu, Village Urugwiro ntibyavuze iminsi azahamara, gusa Perezida Kagame ari […]