Hari abibazaga ko nicaranye na Kagame hashya- Perezida Ramaphosa
Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, yagaragaje nta kibazo afitanye na mugenzi we w’u Rwanda ndetse akurira inzira ku murima abibwiraga ko bicaranye ibintu byaba bibi. Ni amagambo yatangaje mu nama ya Africa CEO Forum iri kubera i Abidjan muri Côte d’Ivoire, ubwo aho we na Perezida Kagame bagarukaga ku buryo afurika iri kugira uruhare […]