Browsing category

Amahanga

Santrafurika: Abapolisi b’u Rwanda 181 bambitswe imidali y’ishimwe

Abapolisi b’u Rwanda 181 bari mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika ya Santrafurika (MINUSCA), bambitswe imidali yo kubashimira ubwitange n’umurava bagaragaje mu gihe cy’umwaka bamaze mu kazi ko kubungabunga amahoro muri icyo gihugu. Bayambitswe ku wa Gatanu tariki ya 14 Werurwe 2025. Bakaba barimo abapolisi 180 bagize itsinda RWAFPU2-9 n’undi mupolisi umwe ukora akazi k’ubujyanama (IPO) […]

Ambasaderi wa Afurika y’Epfo yirukanwe muri Amerika

Leta zunze Ubumwe za Amerika yirukanye Ambasaderi wa Afurika y’Epfo i Washington, ashinjwa kwanga icyo gihugu na Perezida wacyo Donald Trump. Umunyamabanga wa Leta Ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Marco Rubio, yanditse kuri X ko Ambasaderi Ebrahim Rasool atacyakiriwe mu gihugu cyabo. Mu byo ubutegetsi bwa Amerika bushinja uwo mu Dipolomate wa Afurika y’Epfo harimo ngo kwanga […]

M23 yasabye Tshisekedi kuvuga byeruye ko azitabira ibiganiro

Umutwe wa M23  wasabye Perezida Felix Tshisekedi wa DR Congo gukura abantu mu rujijo, akavuga ku mugaragaro  ko azitabira ibiganiro bizabahuza   nkuko byatangajwe na Angola. Perezidansi ya Repubulika ya Angola  iheruka gutangaza ko nyuma y’uruzinduko ruto Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yagiriye i Luanda, ko Angola, nk’umuhuza mu bibazo byo mu […]

RDC:  Abasirikare bakuru baregwa guhunga M23 bitabye Urukiko

Urubanza rw’Abasirkare  ba leta ya  Congo ,FARDC baregwa guta urugamba rwatangiye kuburanishwa kuri uyu wa kane tariki ya 13 Werurwe 2025 mu Rukiko Rukuru rwa Gisirikare ruri mu murwa Mukuru wa Kinshasa. Umunyamakuru Steve Wembi avuga ko Abasirikare bakuru mu ngabo za Congo ndetse na Polisi bitabye urukiko ari batanu ari bo Maj. Gen Alengbia […]

M23 yafashe ikirwa cy’Idjwi

Abarwanyi ba AFC/M23 bafashe ikirwa cy’Idjwi/Ijwi, ari nacyo kinini muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, giherereye mu kiyaga cya Kivu, gituwe n’Abanye-Congo barimo abavuga neza kandi bakumva ururimi rw’Ikinyarwanda. Ikirwa cy’Idjwi kiri mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, gifite uburebure bwa kilometero 70 n’ubuso bwa kilometero kare 340, kiri ku ntera ya kilometero 70 uvuye i […]

Imyanzuro ya SADC: Ingabo zayo zari muri Congo zigomba gutaha

Abakuru b’Ibihugu byo mu muryango wa Africa y’Amajyepfo, SADC bashyize iherezo ku butumwa bwingabo z’ibyo bihugu zari zimaze igihe mu burasirazuba bwa Congo. Inama y’abakuru b’ibihugu yabaye hakoreshejwe ikoranabuhanga rya Video yitabiriwe n’Abakuru b’ibihugu batandukanye, ba Minisitiri w’Intebe na ba Minisitiri b’Ububanyi n’Amahanga, ikaba yayobowe na Perezida wa Zimbabwe, Emmerson Dambudzo Mnangagwa uyoboye uyu muryango. […]

Gen Makenga yakomoje kuri Perezida Tshisekedi wemeye imishyikirano

Umuyobozi w’Ingabo za M23, Maj. Gen. Sultan Makenga, yavuze ko Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, wemeye kuganira na M23, ari umuntu udakunda igihugu, ahubwo ari igisambo. Yabivuze ubwo yagiranaga ikiganiro na Alain Destexhe, wahoze ari senateri mu Bubiligi akaba n’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abaganga Batagira Umupaka, umaze iminsi asura ibice bigenzurwa na […]

Inama idasanzwe ya SADC iriga ku ngabo zafashwe na M23

Inama idasanzwe y’Ibihugu bigize umuryango wa Africa y’Amjyepfo, SADC,  iraterana kuri uyu wa kane tariki ya 13 Werurwe 2025, bakoresheje ikoranabuhanga (video-conference) biga ku kibazo cya DR Congo. Iyi nama iyoborwa na Perezida Emmerson Mnangagwa wa Zimbabwe, iraganira ku kibazo cy’ingabo z’uyu muryango zoherejwe mu butumwa buzwi nka SAMIDRC zaheze i Goma. Inama y’uyu munsi […]

Hamenyekanye igihe Congo izaganirira na M23

Guverinoma ya Angola yatangaje ko kuwa kabiri w’icyumweru gitaha tariki 18 Werurwe 2025 ari bwo Inyeshyamba za M23 zizagirana ibiganiro ‘bitaziguye’ n’uruhande rwa leta ya Congo. Ntabwo leta ya Congo irabivugaho bitomoye ko yiteguye kuganira n’uyu mutwe wa M23 wigaruriye ibice binini bya Kivu zombi mu Burasirazuba bw’iki gihugu. Ibiro bya Perezida wa Angola, byatangaje […]

Uganda yohereje abakomando bo kurinda Perezida wa Sudan y’Epfo

Igisirikare cya Uganda (UPDF) cyohereje i Juba, mu murwa mukuru wa Sudan y’Epfo, abasirikare bo mu mutwe udasanzwe wo kujya kurinda ubutegetsi bwa Perezida Salva Kiir Ni ingingo yafashwe nyuma y’umwuka mubi ukomeje kwiyongera hagati ya Perezida Salva Kiir na Riek Machar, aho hakekwa ko hashobora kwaduka intambara ikomeye. Gen Muhoozi Kainerugaba, Umugaba Mukuru w’Ingabo […]