Abanyeshuri bo muri Kaminuza baganirijwe ku mahirwe ari mu mutungo kamere w’amazi
Abanyeshuri bo muri kaminuza zitandukanye biga ibifite aho bihuriye n’amazi, bibukijwe kwifashisha ubumenyi biga mu ishuri, bakemura ibibazo bitandukanye bigaragara mu gisate cy’amazi. Ibi babisabwe ubwo kuri uyu wa Kane tariki ya 20 Werurwe, Umuryango utari uwa leta,Rwanda Young Water Professional (RYWP), ku bufatanye na Water Partnership Rwanda ndetse na Kaminuza y’u Rwanda, baganiraga n’urubyiruko […]