Gakenke: Hari abaganga bata izamu bakigira mu tubari
Ubuyobozi bw’Akarere ka Gakenke bwanenze bamwe mu baganga by’umwihariko abaforomo n’ababyaza, batita ku nshingano zabo zo kwita ku barwayi, ngo kuko hari abaza kurara izamu bagata abarwayi bakigira mu tubari, bibutswa ko badakwiriye kurangwa n’imyitwarire igayitse nk’iyo. Ntabwo ari ikibazo kigarukwaho n’ubuyobozi bw’aka karere gusa, kuko n’abaturage bagaragaza ko hari ubwo bagira ibibazo byo kubura […]