Browsing author

MUHIRE DONATIEN

Nyamasheke: Umukozi w’Akarere yahawe isinde

Umuyobozi w’ishami ry’Iterambere ry’Imibereho Myiza y’Abaturage mu Karere ka Nyamasheke, Ndanga Janvier, yirukanwe mu kazi azira guhoza ku nkeke Umugore bakoranaga. Ku wa 25 Mata 2024 nibwo Akarere kamwandikiye ibaruwa kamusaba ibisobanuro ku makosa y’akazi. Ku wa 29 Mata 2024 yandikiye Akarere atanga ibisobanuro nk’uko yari yabisabwe. Gusa kuri uyu Kane tariki ya 24 Nyakanga […]

Rusizi: Umukobwa ukomoka i Huye yishwe n’abantu bamusanze aho yakoreraga

Abagizi ba nabi bataramenyekana bishe umukobwa w’imyaka 27 wakoraga mu Kabari k’urwagwa mu Karere ka Rusizi. Ibi byabaye kuri uyu wa Kabiri ku isaha ya saa munani z’ijoro (2h00) rishyira kuri uyu wa Gatatu tariki ya 24 Nyakanga, 2024 bibera mu Mudugudu wa  kabeza, Akagari ka Gihundwe, Umurenge wa Kamembe ,mu karere ka Rusizi. Niyonsenga […]

Rusizi: Barakwiba wakopfora ugakubitwa bakagusiga wambaye ubusa

Abaturage bo mu Mirenge ya Nkanka na Gihundwe babangamiwe n’ubujura bukabije buhindura isura uko bwije n’uko bukeye, kugera n’ubwo abo bajura bakwambura ibyo ufite, bakaguhondagura bakarenzaho no kwambura imyenda bakagusiga uko wavutse. Abatuye mu tugari twa Gatsiro na Gitwa two mu Mirenge ya Gihundwe na Nkanka babwiye UMUSEKE ko nta nzego batatakambiye ariko byabaye nko […]

Umugabo yapfuye ajya kubikuza amafaranga kuri SACCO

RUSIZI: Umugabo witwa Nzeyimana Callixte w’imyaka 48, wo mu Mudugudu wa Mugonero, Akagari ka Gahengeri mu Murenge wa Gitambi yapfuye urw’amauobera ubwo yerekezaga kubikuza amafaranga kuri SACCO. Byabaye ahagana i saa Cyenda kuri uyu wa Gatatu ku itariki ya 17 Nyakanga 2024. UMUSEKE wamenye ko nyakwigendera yari atwawe kuri moto ageze mu nzira asaba umumotari […]

Rusizi: Imbamutima z’urubyiruko rutoye bwa mbere

Urubyiruko rwo mu Karere ka Rusizi bitabiriye ibikorwa by’amatora ku nshuro ya mbere, bavuga ko banyuzwe n’uko bakiriwe n’abatoresha, bityo bizeye ko imibereho y’urubyiruko muri rusange muri iyi myaka itanu iri imbere izarushaho kuba myiza. Babivuze kuri uyu wa Mbere tariki ya 15 Nyakanga 2024, aho mu gihugu cy’ u Rwanda bazindukiye mu gikorwa cy’amatora […]

Rusizi: Abaturiye  pariki ya Nyungwe bavuze imyato Paul Kagame  

Abanyamuryango ba FPR inkotanyi, Bo mu mirenge ya Butare na Bweyeye mu Karere ka Rusizi mu Ntara y’Iburengerazuba, ituriye Parike ya Nyungwe, kuri uyu wa Kane tariki ya 11 Nyakanga 2024,bazindukiye mu gikorwa cyo kwamamaza umukandida  w’Umuryango RPF-Inkotanyi n’abakandida Depite b’uyu muryango. Aba banyamuryango bavuze imyato ibyo bagejejweho  n’umukandida w’umuryango FPR  Inkotanyi,Paul Kagame , byahinduye […]

Rusizi: Bahamije  ko ibyo KAGAME yabasezeranyije mu myaka ishize byagezweho

Abanyamuryango ba FPR Inkotanyi  bo mu Murenge wa Giheke mu karere ka Rusizi, bahamije ko ibyo Kagame Paul n’umuryango FPR Inkotanyi babasezeranyije muri Manda y’imyaka irindwi  ishize byagezweho. Babihamije kuri uyu wa Gatatu tariki ya 3 Nyakanga 2024, ubwo bari  mu bikorwa byo kwamamaza Paul Kagame ku mwanya wa Perezida wa Repubulika n’Abakandida Depite ba […]

Rusizi: Uwabyaye yagiye kwamamaza KAGAME yise umwana ‘Irarinda’

Umubyeyi wo mu Murenge wa Mururu mu karere ka Rusizi mu  Ntara y’Iburengerazuba, yafashwe n’igise  yitabiriye ibikorwa byo kwiyamamaza ku mwanya wa Perezida wa Repubulika k’umukandida Paul Kagame wa FPR -Inkotanyi yashyikirijwe igikoma, yita umwana izina ‘Irarinda’. Umubyeyi witwa Uwamariya Noella, ku wa 28 Kamena 2024,ubwo umukandita wa FPR- Inkotanyi  Paul Kagame, yiyamamarizaga mu Karere […]

Perezida Kagame yasabye urubyiruko kubakira ku byagezweho

Paul Kagame, umukandida wa FPR Inkotanyi, mu bikorwa byo kwiyamamaza mu Karere ka Rusizi, yasabye urubyiruko gufata inshingano zo kubakira ku byagezweho, bagashyira imbaraga mu guhanga ibishya no kibirinda icyabyangiza. Perezida Kagame ibi yabigarutseho kuri uyu wa 28 Kamena 2024 imbere y’abarenga ibihumbi 200 bateraniye muri Stade ya Rusizi baje gushyigikira Umukandida wa FPR Inkotanyi. […]

Rusizi:Bijejwe ko ibyiza bagejejweho na FPR Inkotanyi bizakomeza

Mu bikorwa byo kwiyamamaza kw’abakandida Depite b’Umuryango FPR Inkotanyi,Bijeje abanyarusizi ko ibyiza bagejejjweho mu myaka irindwi ishize byo kuzamura imibereho myiza yabo bizakomeza kwiyongera.   Kuri uyu wa mbere tariki ya 24 Kamena 2024, Abanyamuryango ba FPR Inkotanyi bo mu Mirenge itanu yo mu kibaya cya Bugarama mu karere Rusizi bari baje kwamamaza abadepite n’umukandida […]