Imiryango 19 yakuwe mu nzu zabo igitaraganya
Gakenke – Ku gicamunsi cyo ku wa 06 Gicurasi 2024, mu Murenge wa Mugunga Akarere ka Gakenke Umusozi witse inzu zirindwi zirarigita izindi 19 biba ngombwa ko abazituye bazikurwamo igitaraganya. Ubuyobozi butangaza ko umuturage umwe yajyanwe mu Bitaro nyuma yo guhungabanywa n’ibyo yabonye. Amakuru avuga ko mbere yo kwika k’uyu musozi byabanjirijwe n’ibimenyetso byawugaragayeho mu […]