JANVIERE NYIRANDIKUBWIMANA

90 Articles

Burera: Polisi yafatanye umusore ibiro 20 by’urumogi

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Burera yatangaje ko, ku bufatanye n’imboni z’umutekano, yafatanye umusore ibiro 20 by’urumogi yari…

Urupfu rw’umukobwa w’imyaka 23 rwateje urujijo

Burera: Mu murenge wa Bungwe humvikanye inkuru y'akababaro y'urupfu rw'amayobera rw'umukobwa w'imyaka 23, wasanzwe mu nzu afungiranye yapfuye bikekwa ko…

Musanze: Umusore wafataga ku ngufu akanakomeretsa abagore YAFASHWE

Umusore wo mu Murenge wa Cyuve, Akagari ka Bukinanyana, warangwaga n'ibikorwa by'urugomo byo gufata ku ngufu no gukomeretsa abagore yatawe…

Urubyiruko rwiyemeje kuvuga ukuri kuri Jenoside no kurwanya abayihakana

Urubyiruko rw'abana bavutse nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, rwiyemeje gukoresha ikoranabuhanga bifashishije imbuga nkoranyambaga bakoresha, barwanya ingengabitekerezo n'ipfobya…

Burera: Hanenzwe ababyeyi bagoreka amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi

Ubwo hibukwaga ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu Karere ka Burera mu Murenge wa Rugarama, hanenzwe ababyeyi bigisha…

Rubavu: Basobanuriwe ko Umunyarwanda atari igicuruzwa

Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha RIB rwasobanuriye abaturage bo mu Karere ka Rubavu ko ubucuruzi bw'abantu ari icyaha gikomeye gihanwa n'amategeko, kandi…

Hagaragajwe ko hari imvugo zitsikamira uburenganzira bwa muntu

Abantu benshi ntibajya bita kuri zimwe mu mvugo zigaragaza ubuhake cyane ko abakurikiranira hafi iby'iyubahirizwa ry'uburenganzira bwa muntu n'ubutabera, bagaragaza…

Musanze: Hari abagabo batiza umurindi igwingira

Bamwe mu bagabo bo mu Karere ka Musanze bashyizwe mu majwi kubera gutiza umurindi igwingira, bitewe no kutita ku gutegurira…

Gakenke: Abagore 50 borojwe ingurube

Imiryango 50 y’abagore bakennye yo mu Karere ka Gakenke yarorojwe ingurube, itangaza ko ifite inyota yo kuva mu cyiciro cy’abakene…

Burera: : Hakenewe inzu 430 mu gukemura ikibazo cy’abadafite aho kuba

Guverineri w'Intara y'Amajyaruguru Mugabowagahunde Maurice, yagarutse ku kibazo gikomeye cy'amazu agera kuri 430 akeneye kubakirwa abatishoboye, asobanura ko umuturage ataba…