JANVIERE NYIRANDIKUBWIMANA

90 Articles

Perezida Kagame yazamuye mu ntera abasirikare barenga 700

Nyakubahwa Perezida wa Repubulika Paul Kagame akaba n'Umugaba w'Ingabo w'Ikirenga yazamuye mu ntera abasirikare 727 bo mu Ngabo z'u Rwanda…

Abasoje muri MIPC bibukijwe ko gushobora ariko udashobotse nta mumaro

Abanyeshuri basoje amasomo yabo muri Kaminuza ya MIPC iherereye mu Karere ka Musanze, bibukijwe ko kuba barabashije gutsinda neza ibyo…

Gasabo: Abagabo basambanya abana bahawe gasopo

Ubuyobozi bw'Akarere ka Gasabo ku bufatanye n'inzego z'umutekano, sosiyete sivile, n'abakora mu burezi baravuga ko abagabo basambanya abana bakwiriye guca…

INES Ruhengeri yahize guhindura Musanze igicumbi cy’ubushakashatsi

Kuri uyu w 07 Ukuboza 2023, ubwo Ishuri rikuru rya Ines Ruhengeri riherereye mu Karere ka Musanze ryizihizaga isabukuru y'imyaka…

Nyabihu: Ba Mudugudu bemerewe Telefone amaso ahera mu kirere

Abayobozi b’Imidugudu igize Akarere ka Nyabihu baravuga ko batashimishijwe n'uburyo Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba yabemereye akanabereka telefone za "Smart Phone" bagomba…

Abanyeshuri ba Wisdom School bafashije abarwariye mu Bitaro bya Ruhengeri

Abanyeshuri n'abarimu bo muri Wisdom School i Musanze, basuye abarwariye mu Bitaro bya Ruhengeri babagenera ubufasha bw'ibikoresho by'isuku, amata, banishyurira…

Abayobozi basabwe gukemura ibibazo bitari mu magambo gusa

Minisitiri w'ubutegetsi bw'Igihugu, Musabyimana Jean Claude yibukije abanyamabanga nshingwabikorwa b'Imirenge,Uturere n'Intara ko inshingano ya mbere y'umuyobozi ari ugushaka ibisubizo by'ibibazo…

Bugesera: “Niko zubakwa” iracyatsikamira umudendezo mu muryango

Bamwe mu baturage batuye mu Mirenge itandukanye y'Akarere ka Bugesera baravuga ko, kuba hari abakibwirwa ko guhohoterwa mu ngo na…

Gakenke: Imodoka ya Kaminuza y’u Rwanda yakoze impanuka ihitana abantu 3 

Imodoka ya Kaminuza y'u Rwanda Ishami rya Busogo yavaga i Musanze yerekeza i Kigali, yakoze impanuka yaguyemo abantu batatu barimo…

Minisitiri Dr Nsanzimana yagaragaje akamaro ko gutera ibiti ku mavuriro

Minisitiri w'ubuzima Dr. Sabin Nsanzimana yasobanuye uburyo gutera ibiti n'ubusitani mu mavuriro ari kimwe mu bituma umurwayi uharwariye akira vuba,…