JANVIERE NYIRANDIKUBWIMANA

90 Articles

Musanze: Hari abavidurira imisarane mu miyoboro y’amazi

Bamwe mu batuye mu Mudugudu wa Gashangiro, Akagari ka Kabeza mu Murenge wa Cyuve, babangamiwe bikomeye n’umwanda ukabije n’umunuko w’abahengera…

Musanze: Hatangirijwe umukino uhuza abahungu n’abakobwa

Mu Karere ka Musanze, hatangirijwe umukino mushya mu Rwanda uzwi nka Korfball, uhurirwaho n'abakobwa n'abahungu, ukaba witezweho kuba inkingi ya…

Hari abakobwa babeshywa n’Aba-Diaspora bagacuruzwa hanze

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwagaragaje amayeri akomeye akoreshwa na bamwe mu ba-Diaspora babeshya abakobwa urukundo babizeza kubana nabo, bikarangira bisanze…

Urubyiruko rw’i Burera rwasabwe kurya akagabuye

Urubyiruko rwo mu Karere ka Burera, by’umwihariko abatuye mu Mirenge ikora ku mupaka, rwakanguriwe gutungwa n’ibyo rwavunikiye aho kwishora mu…

Abiroshye muri ‘Banki Lambert’ barabogoza

Banki Lambert ni kimwe mu bibazo biteye impungenge mu Ntara y’Amajyaruguru, aho abaturage bishoye muri ibyo bikorwa batakira abahisi n’abagenzi…

Musirikare yaguye muri kasho ya Polisi

Burera: Umugabo witwa Musirikare Jean wo mu Murenge wa Gahunga babyutse basanga yaguye muri kasho ya Polisi. Ku Cyumweru tariki…

Nta muyobozi nzaha agahenge hakiri abana bafite imirire mibi- Mugabowagahunde 

Umuyobozi w'Intara y'Amajyaruguru Mugabowagahunde Maurice yavuze ko nta gahenge azaha abayobozi by'umwihariko abafite aho bahurira n'imibereho myiza y'abaturage, mu gihe…

Inama Nkuru y’Igihugu y’abana yongeye kwerekana ibibazo bikibatsikamira

Inama Nkuru y'Igihugu y'Abana yongeye kugaragazwa ibibazo bikibugarije isaba ko hakongerwa imbaraga mu kubikemura nabo basabwa kwirinda ibibarangaza birimo n'ibiyobyabwenge…

Iyagukanze ntiba Inturo- Min Musabyimana yakebuye abivuruga mu by’amoko

Minisitiri w'ubutegetsi bw'Igihugu, Musabyimana Jean Claude yasabye abayobozi kwamaganira kure icyatuma ubumwe bw'abanyarwanda bwangirika, nk'uko byagaragaye mu Ntara y'Amajyaruguru ubwo…

Musanze: Gusangira iminsi mikuru n’abarembeye mu bitaro babigize umuco

Bamwe mu barwayi batishoboye bamaze igihe kinini mu Bitaro bya Ruhengeri basogongejwe ku minsi mikuru ya Noheli n'Ubunani, basagwa n'ibyishimo…