Ubutabera

UPDATED: Abayobozi ‘Umoja ni Nguvu’ bakomeje gufatwa, hari n’abatorokeye hanze y’u Rwanda

Nyanza: Abandi bayobozi babiri ba koperative 'Umoja ni Nguvu' icunga umutekano mu isoko rya Nyanza, mu bigo by'amashuri n'ahandi batawe…

- Advertisement -
Ad image

Hategerejwe icyemezo cy’urukiko mu rubanza rwa Bishop Harerimana  n’umugore we

Urukiko rw'Ibanze rwa Kicukiro rurasoma umwanzuro w'urubanza Ubushinjacyaha bukurikiranyeho Bishop Harerimana Jean Bosco wayoboraga Zeraphat Holy Church n’umugore we Mukansengimana…

Abagabo bafatanywe moto ebyiri bikekwa ko bazibye

Nyanza: Polisi yafashe abagabo bakekwaho kwiba moto mu bihe bitandukanye, bakazikuramo ibyuma bakazigurisha, igihe bafatwaga bari bafite moto ebyiri. Polisi…

Abaganga bavuzweho kurangarana umubyeyi uri ku nda “bararegwa kwica”

Abaganga bo ku bitaro bya Nyanza bavuzweho kurangarana umubyeyi uri ku nda umwana we agapfa, bagejejwe imbere y'urukiko bahakana gusiragiza…

Burera: Polisi yafatanye umusore ibiro 20 by’urumogi

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Burera yatangaje ko, ku bufatanye n’imboni z’umutekano, yafatanye umusore ibiro 20 by’urumogi yari…

Ndahiro Valens Pappy yasabiwe gufungwa imyaka itanu

Ubushinjacyaha bwasabiye umunyamakuru Ndahiro Valens Papy igifungo cy’imyaka 5 no gutanga ihazabu ya 1.200.000 Frw mu rubanza aregwamo n’umushoramari Ndayisenga…

Gitifu wakatiwe igifungo cy’imyaka 7 n’amezi atandatu yahise ajurira

*Gitifu yireguye avuga ko umukozi wa RIB ari we wacuze umugambi wo kumufungusha Gisagara: Gitifu w'umurenge wa Mamba mu karere…

- Advertisement -
Ad image