Ubutabera

Umuyobozi Mukuru wa FDA n’Umuherwe Kazungu rwemeje ko bafungwa by’agateganyo

Urukiko rw'Ibanze rwa Kicukiro rwategetse ko abarimo nyiri uruganda Ingufu Gin, Ntihanabayo Samuel bita Kazungu, n'abandi 12 barimo Umuyobozi Mukuru…

Umugore arekekwaho gutwika urugo rw’umuturanye we

Kamonyi: Yatawe muri yombi akekwaho kugira uruhare mu bikorwa by’ubugizi bwa nabi byatumye urugo rw’umuturage n’ikiraro cy’amatungo ye bishya. Ibi…

Ushinzwe piscine ya hoteli Lemon Hills yatawe muri yombi (audio)

Ushinzwe pisine ya Hoteli yitwa Lemon Hills yo muri Kamonyi yatawe muri yombi we n’undi mugabo wari uhari ubwo uwitwa…

Urukiko rwategetse ko Baziruwiha Ephrem afungurwa

Muhanga: Urukiko rwibanze rwa Nyamabuye ruherereye mu Karere ka Muhanga, rwategetse ifungurwa rya Baziruwiha Ephrem Ukorera  Rugendabari Mining Company Ltd…

Abana batandikishwa mu irangamimerere bahura n’uruhuri rw’ibibazo

Bamwe mu babyeyi babyaye abana batabana n’abagabo babo bavuga ko abana babo bahura n’imbogamizi zitandukanye, zirimo kutandikwa mu irangamimerere, kutabona…

Ubusambanyi n’ubushoreke mu Rwanda: Ni ryari biba ibyaha, bigaragazwa n’iki kandi amategeko arengera ate umuryango?

Iyi nyandiko ni Isesengura ry’umunyamategeko MUNYANDINDA Jean Bosco wo muri LEX NOVA Chambers aboneka kuri telefoni (+250) 788 383 936 Mu…

- Advertisement -
Ad image