Ubutabera

Inzego z’umutekano zafunze abagabo babiri n’umugore nyuma y’urupfu rw’umugabo

Ruhango: Urwego rw’Ubugenzacyaha bwataye muri yombi abagabo babiri n’umugore bakurikiranyweho icyaha cy’urugomo. Aba baturage 3, bafunzwe nyuma y'uko mu Kagari…

Abantu 53 bafungiwe ingengabitekerezo ya Jenoside

Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje  ko mu cyumweru cy’icyunamo cyo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi, rwakiriye amadosiye 47…

Abagabo babiri bari guhigishwa uruhindu

Ruhango: Abagabo babiri bakekwaho kwica mugenzi wabo bagatoroka bari guhigishwa kuburirwa hasi no hejuru ngo baryozwe iicyo cyaha. Inzego zitandukanye…

Abahura n’ihohoterwa basabye kudahishira abaribakorera

Inzego zitandukanye mu Karere ka Gasabo zirasaba buri wese ufite amakuru ku ihohoterwa rishingiye ku gitsina cyangwa irindi hohoterwa kuyatanga…

Umugabo uregwa kwica umugore n’umwana yahawe igihano

Ngoma: Urukiko Rwisumbuye rwa Ngoma rwahamije Karamage Jean Claude icyaha cyo kwica umugore we n'umwana, rumukatira igifungo cya burundu. Uru…

Ibyari amasezerano y’ubwumvikane hagati y’u Rwanda na UK byabyaye impaka mu rukiko

U Rwanda rwagaragaje ko u Bwongereza bwaryozwa kwica amasezerano yo kwakira Abimukira, aho abahagarariye Guverinoma y'u Rwanda bagaragaje ko leta…

- Advertisement -
Ad image