Ubutabera

Nyanza:  Ntarindwa ukekwaho Jenoside akihisha imyaka 23 mu mwobo yaburanye

*Ahakana ko atigeze yica ndetse atayoboye ibitero *Yemera ko yagize uruhare mu

Kamonyi: Umusore arakekwaho gusambanya umwana

Umusore w'imyaka 21 y'amavuko wo mu Karere ka Kamonyi, akurikiranyweho gusambanya umwana

Karongi: Abari barashinze umutwe w’Abagizi ba nabi barafunze

Abari barashinze umutwe w’abagizi ba nabi mu Karere ka Karongi, batawe muri

Urukiko rwafunze by’agateganyo umugabo ukekwaho kwica umubyeyi

Nyanza: Abaregwa muri uru rubanza ni Eric Rukundo umwana wa nyakwigendera Patricie

Kamonyi: Abantu 6 bakurikiranyweho ingengabitekerezo ya Jenoside

Ubuyobozi bw’Akarere ka Kamonyi buvuga ko muri iyi minsi 100 yo kwibuka

Umusaza arakekwaho gusambanya umwana w’umuhungu

Nyanza: Umusaza uri mu kigero cy'imyaka 60 arakekwaho gusambanya umwana w'umuhungu uri

Muhanga: Kabera uregwa indonke ya 10.000Frw  yakatiwe imyaka Ine

Urukiko Rwisumbuye rwa Muhanga rwategetse ko Kabera Védaste  wari Umukozi ushinzwe Imiyoborere

Urukiko rwapfundikiye urubanza rwa Dr Rutunga umaze imyaka ibiri aburana

Urukiko rwapfundikiye urubanza Ubushinjacyaha buregamo Dr Rutunga Venant woherejwe mu Rwanda n'igihugu

Muhanga: Dosiye y’abahebyi iravugwamo amarozi

Dosiye y'abahebyi bashinjanya kwiba amabuye y'agaciro iravugwamo imbaraga z'amarozi n'imyuka mibi y'abadayimoni.

Rurageretse hagati y’Ubushinjacyaha n’abari abayobozi muri Nyanza

Ubushinjacyaha n'abahoze ari abayobozi bakomeye mu Karere ka Nyanza impande zose ziburana

Abarimo umunyamafaranga bafungiwe icyaha cya Jenoside

NYANZA: Abagabo babiri bo mu Karere ka Nyanza barimo umukire batawe muri

Nyanza:  Umucuruzi uregwa kwica nyina yitabye Urukiko

*Uregwa umunsi nyina yicwa ngo yari yararanye indaya *Ubushinjacyaha buvuga ko umugambi

Umuyobozi akurikiranyweho kwaka ruswa ya Miliyoni 21 frw

KIREHE: Ubugenzacyaha bw’u Rwanda bwafunze Gasagure Vital,  ushinzwe ibikorwa remezo mu Karere

Nyanza: Umugabo akurikiranyweho gukubita umwana we isuka

Nkundimfura Eugene  wo mu Karere ka Nyanza uri mu kigero cy'imyaka 40,

Huye: Umunyerondo akurikiranyweho kwica nyina

Umugabo w’imyaka 48 usanzwe ukuriye irondo mu Mudugudu wa Rugarama , mu