Ubutabera

Umucamanza yikuye mu rubanza

Umucamanza wo mu rukiko rw'ibanze rwa Busasamana, mu karere ka Nyanza yikuye mu rubanza rw'uwahoze ari umucungamutungo (Comptable) wa koperative…

Hafashwe icyemezo mu rubanza rw’abagabo babazwaga aho bakuye imitungo

Muhanga: Urukiko Rwisumbuye rwa Muhanga rwagize abere abagabo bane Ubushinjacyaha burega icyaha cyo kudasobanura aho bakuye imitungo. Isomwa ry'urubanza ryabaye…

Polisi yafashe abagabo 5 bafite imihoro n’imfunguzo nyinshi

Nyamagabe: Kuri uyu wa 16 Kamena 2026 ku makuru yatanzwe n'abaturage bo mu Karere ka Nyamagabe, mu murenge wa Kibirizi,…

Dr Frank Habineza agiye kujyana Leta mu nkiko kubera ‘Transit Centers’

Perezida w’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda, Senateri Dr. Frank Habineza, yatangaje ko ishyaka rye riteganya kurega Leta…

Umugabo akurikiranyweho kwica mugenzi we bakoranaga

Muhanga: Umugabo akurikiranyweho kwica ateye icyuma mugenzi we bakorana mu birombe, bamwe bavuga ko bapfuye indaya. Byabereye mu Kagari ka…

Umusaza w’imyaka 75 arakekwaho kwica umuntu

Nyanza: Umusaza akurikiranyweho kwica umugore w'umuvandimwe we, ababibonye bavuga ko bari kumwe mu nzira baganira amukubita isuka. Byabereye mu mudugudu…

- Advertisement -
Ad image