Ubutabera

Micomyiza yasabye ko ubuhamya bw’uwarokotse Jenoside “wamushinjaga” bwazahabwa agaciro

Umunyarwanda Jean Paul Micomyiza uregwa ibyaha bifitanye isano na Jenoside, akaba yaroherejwe mu Rwanda n'igihugu cya Sweden yanenze imvugo z'abatangabuhamya…

U Rwanda rwatsinzwe urubanza rwarezemo Ubwongereza

Urukiko mpuzamahanga rwemeje ko Ubwongereza butazishyura u Rwanda miliyoni y'ama-pounds kubera amasezerano yo kwakira abimukira yahagaritswe n'ubutegetsi bwa Minisitiri w'Intebe…

Umusore akekwaho kwica umubyeyi we “akigira mu bye nkaho ntacyabaye”

Muhanga: Nzayisenga Onesphore wo mu Karere ka Muhanga wari warekuwe n'imbabazi za Perezida wa Repubulika, arakekwaho kwica umubyeyi we (Nyina)…

Yafatiwe mu cyuho yibye “envelope” n’ibipfurumba by’amafaranga

Polisi yo mu Ntara y'Amajyepfo yafashe umugabo wari umaze kwiba umucuruzi amafaranga menshi ari muri envelope n'andi ku ruhande. Umuvugizi…

Abayobozi ba ‘Umoja ni Nguvu’ bakomeje gufungwa

Urukiko Rwisumbuye rwa Huye rwateshege agaciro ubujurire bw'abayobozi ba koperative icunga umutekano yitwa 'Umoja ni Nguvu' aho bari bajuririye icyemezo…

Umuganga ufasha abagore kubona urubyaro “batatwise” yafunzwe by’agateganyo

Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwategetse ko Dr Emmanuel Semwaga afungwa iminsi 30 y’agateganyo kubera ibyaha akurikiranweho bifitanye isano n'akazi k'ubuvuzi…

- Advertisement -
Ad image