Ubutabera

Mu mutwe w’usambanya umwana haba harimo iki?

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, (RIB), rugaragaza ko mu isesengura rwakoze rwasanze 60.9% by’abakekwaho gusambanya abana, baba bafite umutima wo kugira nabi…

Umucuruzi akurikiranyweho kwica umuntu – yarwanye na bo ari 6

Umugabo witwa Emile usanzwe ari umucuruzi wo mu murenge wa Kinazi, mu karere ka Huye yatawe muri yombi akekwaho kwica…

Kujyana umuntu muri Transit Center byabaye munyumvishirize?

Ucyumva ijambo Transit Center uhita wumva  Igororamuco ry’ibanze, aho abantu bafite imyitwarire ibangamiye rubanda banyuzwa, bakigishwa, bakagororwa kugira ngo basubizwe…

Micomyiza yasabye ko ubuhamya bw’uwarokotse Jenoside “wamushinjaga” bwazahabwa agaciro

Umunyarwanda Jean Paul Micomyiza uregwa ibyaha bifitanye isano na Jenoside, akaba yaroherejwe mu Rwanda n'igihugu cya Sweden yanenze imvugo z'abatangabuhamya…

U Rwanda rwatsinzwe urubanza rwarezemo Ubwongereza

Urukiko mpuzamahanga rwemeje ko Ubwongereza butazishyura u Rwanda miliyoni y'ama-pounds kubera amasezerano yo kwakira abimukira yahagaritswe n'ubutegetsi bwa Minisitiri w'Intebe…

Umusore akekwaho kwica umubyeyi we “akigira mu bye nkaho ntacyabaye”

Muhanga: Nzayisenga Onesphore wo mu Karere ka Muhanga wari warekuwe n'imbabazi za Perezida wa Repubulika, arakekwaho kwica umubyeyi we (Nyina)…

- Advertisement -
Ad image