Ubutabera

Gitifu yakatiwe imyaka 7 “aregwa gushyingura bisanzwe umubiri w’ukekwa ko yazize Jenoside”

GUKOSORA: Mu mutwe w'inkuru twari twanditse ko uwashyinguwe ari uwarokotse Jenoside, ntabwo ari byo ahubwo ni umuntu bikekwa ko yishwe…

Abaregwa kudasobanura inkomoko y’imitungo bafite basabiwe ibihano bikomeye

Muhanga: Ubushinjacyaha bwasabiye abagabo 4 igihano cy’igifungo cy’imyaka icumi kuri buri wese, baregwa kudasobanura inkomoka y'imitungo bafite. Mu iburanisha ryabereye…

RIB ifunze Yampano “ubanye n’umugore we ku miguruko”

Ubugenzacyaha bw’u Rwanda bwahamije ko Uworizagwira Florien, wamamaye nka Yampano, yatawe muri yombi aho akurikiranyweho ibyaha bitandukanye. Umuvugizi wa RIB,…

Amateka ntazibagirwa ko Kabuga ari umunyabyaha- Perezida wa IBUKA

Dr. Gakwenzire Philibert, Perezida w’Umuryango IBUKA uharanira inyungu z’Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, yavuze ko nubwo Félicien Kabuga yapfuye,…

“Bashimye Imana mu rukiko” nyuma y’icyemezo cyafatiwe Abaganga bamaze iminsi bafunzwe

Nyanza: Abaganga baregwaga bo mu bitaro bya Nyanza baregwaga icyaha cy'ubwicanyi buturutse ku bushake, biturutse ku burangare bavugwaho, bwabaye ku…

UPDATED: Abayobozi ‘Umoja ni Nguvu’ bakomeje gufatwa, hari n’abatorokeye hanze y’u Rwanda

Nyanza: Abandi bayobozi babiri ba koperative 'Umoja ni Nguvu' icunga umutekano mu isoko rya Nyanza, mu bigo by'amashuri n'ahandi batawe…

- Advertisement -
Ad image