Rubavu: Hadutse “Ibicurane bifite ubukana bwinshi” bimaze guhitana abana 3
Inzego zitandukanye mu Karere ka Rubavu, ziremeza ko hadutse icyorezo cya grippe…
Abana b’imyaka 15 bibukijwe kwaka serivisi z’ubuzima bw’imyororokere
Abana b'imyaka 15 bo mu Murenge wa Ndera, Akarere ka Gasabo, babwiwe…
Generation Gender yashimiwe ku ruhare yagize mu guteza imbere uburinganire
Umushinga Generation Gender Rwanda washimiwe byihariye ku ruhare wagize mu myaka itanu…
U Rwanda ruhangayikishijwe n’uburozi bw’ikinyabutabire cya ‘Lead’
Inzego zitandukanye ziratangaza ko u Rwanda rurajwe ishinga no guca ‘Lead’, ikinyabutabire…
Abafite uburwayi bwo mu mutwe baracyahabwa akato
Abafite ibibazo by’uburwayi bwo mu mutwe mu Rwanda ndetse n’inzego zibahagarariye baratakambira…
U Rwanda rwimakaje ubushakashatsi bushingiye ku isano y’amaraso
Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana, yatangaje ko kubera gukura kw’indwara zitandura nka…
Abaganga bo mu Bitaro bya Kabgayi bahawe ibirarane bari bategereje igihe
Muhanga: Bamwe mu Baganga n’Abakozi b’Ibitaro bya Kabgayi bavuga ko batangiye guhabwa…
Sobanukirwa ‘e-Ubuzima na e-Banguka’ bije guhindura ubuvuzi mu Rwanda
Minisiteri y'Ubuzima yamuritse uburyo bushya bw'ikoranabuhanga, E-Ubuzima na E-Banguka, buje guhindura uburyo…
Abahanga mu bijyanye n’ibinyabuzimafatizo bagiye guhurira i Kigali
Abahanga mu bijyanye n'ibinyabuzimafatizo 'Genomics' bagiye guhurira i Kigali mu nama Mpuzamahanga…
Madamu Jeannette Kagame yashimiye abamugeneye igihembo
Madamu Jeannette Kagame yashimiye Ihuriro Mpuzamahanga ry’Abaganga b’Inzobere mu kwita ku buzima…
Ibitaro bya Kabgayi byahawe ibikoresho bigezweho mu buvuzi
Muhanga: Minisiteri y’Ubuzima yahaye Ibitaro bya Kabgayi ibikoresho bishya bigezweho, bizatuma umubare…
Muhanga: Akarere kasobanuye impamvu amavuriro y’ibanze yeguriwe abikorera
Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga, bwagaragaje impamvu bweguriye amavuriro y'ibanze abikorera n’inyungu bifitiye…
Ruhango: “Baho Neza” irafasha abagizweho ingaruka na Jenoside gukira ibikomere
Bamwe mu bapfakazi biciwe imiryango yabo muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994,…
Ebola yubuye umutwe muri Congo
Icyorezo cya Ebola cyongeye kubura umutwe muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo…
ARCT-Ruhuka yahize guhangana n’ikibazo cy’ubuzima bwo mu mutwe
Mu mwiherero w’iminsi ibiri, Umuryango ARCT-Ruhuka urimo gukorera mu Karere ka Muhanga,…
U Rwanda rwahawe ibikoresho byifashishwa mu buvuzi
Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yashyikirijwe ibikoresho byifashishwa mu buvuzi birimo ibikoreshwa mu…
Ubutumwa ku babyeyi banze konsa ngo amabere atagwa
Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima,RBC,kivuga ko konsa umwana akivuka bifite akamaro kenshi cyane ko…
Polisi igiye gushyiraho icyumba cy’umukobwa n’amarerero mu bigo byayo
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko igiye gushyiraho icyumba cy'umukobwa n'amarerero y’abana mu…
Ni gute u Rwanda rwabaye icyitegererezo mu guhangana na SIDA?
U Rwanda rwagaragajwe nk’Igihugu cyateye intambwe igaragara mu guhangana na Virusi itera…
Umubare w’abivuza indwara zo mu mutwe muri CARAES Ndera wariyongereye
Ubuyobozi bw’Ibitaro byita ku bafite indwara zo mu mutwe (CARAES Ndera) bwatangaje…
Kurira bombo mu ishashi! Hari Abanya-Rusizi badakozwa agakingirizo
Ubwandu bwa Virusi iterasida buracyahangayikishije Isi, imibare igaragaza ko SIDA ikica abantu…
Ababyeyi barasabwa gutoza abangavu kwita ku isuku y’imihango
Ababyeyi bibukijwe ko, nk’uko bamenyera abana babo ibyo kurya, bakwiye kubigisha no…
Abahize abandi gutanga amaraso babishimiwe
Ubwo hizihizwaga umunsi mpuzamahanga wo gutanga amaraso, abagiye bitanga bakayatanga barimo n'abahize…
Igiciro kikiri hejuru cya ‘Cotex’ kibangamira abakobwa bari mu mihango
Abakobwa benshi baracyahura n’imbogamizi mu kubona impapuro z’isuku zizwi nka 'Cotex', kubera…
MINISANTE yahawe amacupa y’umwuka wa Oxygène yo gufasha indembe
Minisiteri y’Ubuzima yakiriye inkunga y’amacupa 200 y’umwuka wa Oxygène, agenewe gufasha mu…
Impaka zishyushye ku ngingo yo gutwitira undi mu Rwanda
Ingingo yo gutwitira undi ikomeje kuzamura impaka n’ibitekerezo binyuranye mu gihe Komisiyo…
Uko Mukarurangwa yigobotoye Malaria
Mukarurangwa Marie Rose utuye umurenge wa Mukindo mu karere ka Gisagara, aratangaza…
Malariya ikomeje kwiyongera muri Nyagatare
Mu mirenge imwe n'imwe yo mu Karere ka Nyagatare, abaturage bavuga ko…
Ifata abato n’abakuze: Byinshi ku ndwara ya “Stroke” yica cyane
Isi ya none ihangayikishijwe bikomeye n'indwara ya Stroke, yugarije ibyiciro by'abato n'abakuze.…
Abaturage barasabwa kwitwararika ku biribwa bitujuje ubuziranenge
Ikigo cy'Igihugu Gitsura Ubuziranenge, RSB, kivuga ko iyo ubuziranenge butitaweho bigira ingaruka…
