Ubuzima

Kiwingu na Konyagi mu nzoga 52 zahagaritswe ku isoko ryo mu Rwanda

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Kugenzura Ibiribwa n’Imiti mu Rwanda (Rwanda FDA) cyatangaje ko cyaharitse by’agateganyo itumizwa mu mahanga ry’ibinyobwa bisembuye birenga…

- Advertisement -
Ad image

Kwimura Ibitaro bya Rilima, Minisitiri w’Ubuzima yagiye kureba aho imyiteguro igeze

Minisitiri w’Ubuzima, Dr Sabin Nsanzimana n’abo bari kumwe, na Mayor wa Bugesera basuye Ibitaro bya Rilima, Rosh, Ste Marie bizobereye…

Hagiye gukorwa umukwabu w’abacuruza imitobe itujuje ubuziranenge

Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana, yatangaje ko nyuma yo kurwanya inzoga zitujuje ubuziranenge zizwi ku izina rya ‘Ibyuma’, hagiye gukurikiraho…

Ak’ “ibyuma” n’ “inzoga z’inkorano” kashobotse, FDA ifunze izindi nganda 101

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuziranenge bw’Imiti n’Ibiribwa (Rwanda Food and Drugs Authority - Rwanda FDA), gishingiye ku itegeko rigishyiraho, kandi rikagena…

Sudani y’Epfo: Ingabo z’u Rwanda zavuye abaturage ku buntu

Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwo kubungabunga amahoro muri Sudani y’Epfo (UNMISS), bafatanyije na bagenzi babo bakorera muri UNMISS…

Inganda nyinshi zikora inzoga zizwi “nk’ibyuma” zafunzwe

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Kugenzura Ibiribwa n’Imiti, Rwanda FDA,  cyatangaje ko cyafunze inganda umunani zenga inzoga, abaturage bari barise 'ibyuma' inazambura…

Ikibazo cy’inzoga z’inkorano cyahagurukije inzego zikomeye

Kuva umwaka wa 2026 watangira nibura abantu 50 bamaze gupfa abandi 100 barahuma, biturutse ku nzoga banyoye, Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihuhugu,…

- Advertisement -
Ad image