Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Kugenzura Ibiribwa n’Imiti mu Rwanda (Rwanda FDA) cyatangaje ko cyaharitse by’agateganyo itumizwa mu mahanga ry’ibinyobwa bisembuye birenga…
Minisitiri w’Ubuzima, Dr Sabin Nsanzimana n’abo bari kumwe, na Mayor wa Bugesera basuye Ibitaro bya Rilima, Rosh, Ste Marie bizobereye…
Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana, yatangaje ko nyuma yo kurwanya inzoga zitujuje ubuziranenge zizwi ku izina rya ‘Ibyuma’, hagiye gukurikiraho…
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuziranenge bw’Imiti n’Ibiribwa (Rwanda Food and Drugs Authority - Rwanda FDA), gishingiye ku itegeko rigishyiraho, kandi rikagena…
Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwo kubungabunga amahoro muri Sudani y’Epfo (UNMISS), bafatanyije na bagenzi babo bakorera muri UNMISS…
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Kugenzura Ibiribwa n’Imiti, Rwanda FDA, cyatangaje ko cyafunze inganda umunani zenga inzoga, abaturage bari barise 'ibyuma' inazambura…
Kuva umwaka wa 2026 watangira nibura abantu 50 bamaze gupfa abandi 100 barahuma, biturutse ku nzoga banyoye, Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihuhugu,…
Sign in to your account