Ubuzima

Ibyo ukwiye kumenya ku ndwara ya Hantavirus irimo kwica abantu

Ikigo cy'igihugu cy'Ubuzima mu Rwanda (RBC) kivuga ko kirimo gukurikiranira bya hafi uko indwara ya Hantavirus iherutse kugaragara muri bimwe…

- Advertisement -
Ad image

Ababyaza ni bake ugereranyije n’ababyeyi bitaho mu Rwanda

Urugaga rw’Abaforomo n’Ababyaza mu Rwanda (RNMU) ruvuga ko nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, rwagutse aho kuri ubu hari…

Rilima – Hatangiye umushinga wihariye wo gufasha abana bafite ubumuga

Ibitaro bya Rilima, ROSH, Ste Marie bizobereye mu buvuzi bw’ubumuga bw’amagufwa n’ingingo, ku bufatanye n’umuryango wa Gikirisitu wita ku bantu…

Umuryango OIPPA winjiye mu rugamba rwo kurwanya inda zitateguwe

Umuryango Nyarwanda w’Abantu bafite ubumuga bw’uruhu (OIPPA) winjiye mu rugamba rwo kurwanya  inda zitateguwe no gukundisha abakobwa kwishakamo ibisubizo aho…

Kigali – Mu biha ubwihisho imibu itera Malaria harimo amazi areka mu ngo

Umuyobozi Wungirije w’Umujyi wa Kigali ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage, Urujeni Martine yasabye abaturage kurangwa n’isuku mu ngo zabo, barwanya ibintu…

Imiti mishya irimo kwifashishwa mu kuvura Malaria

Ikigo Gishinzwe Ubuzima mu Rwanda, RBC, kivuga ko cyatangiye kuvura Malaria hakoreshejwe imiti mishya irimo nka Dihydroartemisinin-piperaquine: DHAP’ na Pyronardine-Artesunate:…

Abanyarwanda barenga Miliyoni bamaze guhabwa inzitiramubu

Ikigo Gishinzwe Ubuzima mu Rwanda, RBC, kivuga ko kugeza ubu Abanyarwanda miliyoni imwe n’ibihumbi ijana ( 1.100.000) bamaze guhabwa inzitiramubu…

- Advertisement -
Ad image