Ubuzima

Ubuvugizi bwagize akamaro – abakurikira UMUSEKE bahaye Iradukunda miliyoni 2,4Frw

*Iradukunda Sandrine umubyeyi wa Bagiriwabo aboneka kuri telefoni (+250) 786 495 513 Kamonyi: Umubyeyi ufite umwana Minisiteri y'Ubuzima yemereye kwishyurira…

Congo: Ebola imaze kwica abarenga 1,800

Icyorezo cya Ebola yo mu bwoko bwa Bundibugyo gikomeje gukwirakwira muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), aho abantu 1,850…

Niba ufite umutima utabara, fasha Bagiriwabo Ashimwe ajye kuvuzwa mu Buhinde

*MINISANTÉ yemeye kwishyura ubuvuzi bwa Bagiriwabo mu Buhinde *Ntibihagije umubyeyi we arasabwa arenga miliyoni 7Frw y'itike, kubatunga no gucumbika  *Iradukunda…

Kiwingu na Konyagi mu nzoga 52 zahagaritswe ku isoko ryo mu Rwanda

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Kugenzura Ibiribwa n’Imiti mu Rwanda (Rwanda FDA) cyatangaje ko cyaharitse by’agateganyo itumizwa mu mahanga ry’ibinyobwa bisembuye birenga…

Kwimura Ibitaro bya Rilima, Minisitiri w’Ubuzima yagiye kureba aho imyiteguro igeze

Minisitiri w’Ubuzima, Dr Sabin Nsanzimana n’abo bari kumwe, na Mayor wa Bugesera basuye Ibitaro bya Rilima, Rosh, Ste Marie bizobereye…

Hagiye gukorwa umukwabu w’abacuruza imitobe itujuje ubuziranenge

Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana, yatangaje ko nyuma yo kurwanya inzoga zitujuje ubuziranenge zizwi ku izina rya ‘Ibyuma’, hagiye gukurikiraho…

- Advertisement -
Ad image