Ubuzima

Kigali – Polisi yangije ibiyobyabwenge n’ibicuruzwa bitemewe

Polisi y’Igihugu ikorera mu Mujyi wa Kigali, ifatanyije n’inzego zitandukanye ndetse  n’abaturage, bangije ibiyobyabwenge n’ibindi bicuruzwa bitemewe bifite agaciro ka…

Inkunga America yahaga urwego rw’Ubuzima ku Isi kuba yaragabanutse “ngo byahaye urwaho Ebola”

Itsinda ritanga ubutabazi ry’Abanyamerika ryitwa International Rescue Committee rivuga ko kuba ubutegetsi bwa Donald Trump bwaragabanyije amafaranga Amerika yahaga Ishami…

U Burusiya n’u Rwanda basinye amasezerano y’ubufatanye mu buvuzi

Minisitiri w’Ubuzima w’u Burusiya, Mikhail Murashko, hamwe na Minisitiri w’Ubuzima w’u Rwanda, Dr. Sabin Nsanzimana, bagiranye ibiganiro byibanze ku guteza…

Ebola iri muri benshi kurusha uko abantu babikeka

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (WHO) ryatangaje ko icyorezo cya Ebola kiri muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DR…

Nta murwayi wa Ebola uragaragara mu Rwanda – MINISANTE

Minisiteri y’Ubuzima, yatangaje ko kugeza ubu mu Rwanda nta murwayi w’icyorezo cya Ebola uragaragara mu Rwanda ndetse ko iri gukurikiranira…

Indwara y’Umuvuduko w’Amaraso ni “Umwicanyi ucecetse” – Dore ibyo wamenye n’uko wakwirinda

Abaganga bavuga ko muri iki gihe ku isi habaruwe abantu miliyari 1.4 bafite ikibazo cy'ubuzima kijyanye n'umuvuduko w'amaraso. Aho iki…

- Advertisement -
Ad image