Ubuzima

MINISANTE yatanze icyizere mu gukemura ikibazo cy’abaganga bake mu mavuriro

Rusizi - Ubwo muri Kaminuza ya Kibogora Polytechnic ishami rya  Rusizi, hizihizwaga imyaka 40 ishami ry’umuryango w’Abibumbye ryita ku bana…

Ishimwe ry’abarwayi b’impyiko basigaye bivuriza kuri Mituweli

Abarwayi b’impyiko mu Rwanda barishimira ko ubwisungane mu kwivuza buzwi nka mituweli bwaborohereje kubona serivisi zo kuyungurura amaraso (dialyse) no…

Urubyiruko rurasaba amakuru ku itegeko rishya ry’ubuvuzi

Urubyiruko rurasaba amakuru yimbitse ku Itegeko rishya rigenga serivisi z’ubuvuzi, ririmo ingingo yemerera abana bafite imyaka 15 kubona serivisi batari…

Abaganga bagiriwe inama yo kugira impuhwe igihe bita ku barwayi

Ibitaro bya Rilima, ROSH, Ste Marie bizobereye mu kuvura ubumuga bw’amagufwa n’ingingo biri mu Karere ka Bugesera byizihije Umunsi Mpuzamahanga…

Iby’imisanzu ya Mutuelle de sante byasubiwemo – hari abazishyura Frw 20,000 ku muntu umwe

Iteka rya Minisitiri w’Intebe rishyiraho ingano n’uburyo bwo gutanga umusanzu w’ubwisungane mu kwivuza ryo ku wa 16 Gashyantare, 2026 rigaragaza…

Urubyiruko rwahawe umukoro mu kurandura Malariya n’indwara zititaweho

Urubyiruko rwo mu turere dutandukanye rwongerewe ubumenyi n’ubushobozi mu kurwanya Malariya n’indwara zititaweho uko bikwiye (NTDs), runahabwa umukoro wo gufasha…

- Advertisement -
Ad image