Ubuzima

Abafite ubumuga bw’uruhu barasaba abaganga bazobereye kanseri ibugarije

Umuryango Nyarwanda w’Abantu bafite ubumuga bw’uruhu (OIPPA) uvuga ko hakenewe ubufasha bwihariye burimo amahugurwa yihariye ku baganga mu rwego rwo…

Ibyo ukwiye kumenya ku ndwara ya Hantavirus irimo kwica abantu

Ikigo cy'igihugu cy'Ubuzima mu Rwanda (RBC) kivuga ko kirimo gukurikiranira bya hafi uko indwara ya Hantavirus iherutse kugaragara muri bimwe…

Kubika mu ngo ibikoresho bishaje birimo telefone byakwangiza ubuzima

Abaturarwanda n’abatuye Isi muri rusange baragirwa inama yo kutabika mu nzu cyangwa ngo bajugunye aho babonye ibikoresho by’ikoranabuhanga bishaje, kuko…

Ababyaza ni bake ugereranyije n’ababyeyi bitaho mu Rwanda

Urugaga rw’Abaforomo n’Ababyaza mu Rwanda (RNMU) ruvuga ko nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, rwagutse aho kuri ubu hari…

Rilima – Hatangiye umushinga wihariye wo gufasha abana bafite ubumuga

Ibitaro bya Rilima, ROSH, Ste Marie bizobereye mu buvuzi bw’ubumuga bw’amagufwa n’ingingo, ku bufatanye n’umuryango wa Gikirisitu wita ku bantu…

Umuryango OIPPA winjiye mu rugamba rwo kurwanya inda zitateguwe

Umuryango Nyarwanda w’Abantu bafite ubumuga bw’uruhu (OIPPA) winjiye mu rugamba rwo kurwanya  inda zitateguwe no gukundisha abakobwa kwishakamo ibisubizo aho…

- Advertisement -
Ad image