Uburezi

Ishuri Saint Gabriel ryafunguye ishami rishya i Kabuga

Ishuri Saint Gabriel (Ecole Primaire et Maternelle Saint Gabriel), risanzwe rikorera mu Murenge wa Kimironko mu Karere ka Gasabo, ryafunguye…

- Advertisement -
Ad image

Abanyeshuri batsinze neza ku Ishuri AHAZAZA bagabanye Frw 1000,000

Muhanga: Ishuri ryigenga, AHAZAZA ryahembye abanyeshuri batatu bahize bagenzi babo barenga 600 baryigamo batsinda neza, bakaba bagenewe igihembo ubwo hizihizwaga imyaka…

Hatangijwe gahunda ihuza amahugurwa mu ikoranabuhanga n’isoko ry’umurimo

Mu gihe icyerekezo cy'u Rwanda ari ukubaka ubukungu bushingiye ku bumenyi n'ikoranabuhanga, Ikigo TAJYIRE Group Holdings Ltd cyatangije gahunda eshatu…

Amarushanwa ku Kinyarwanda, umuco n’umurage mu mashuri yisumbuye asize iki?

Intebe y’Inteko y’Umuco, Ambasaderi Masozera Robert, yavuze ko amarushanwa ku Kinyarwanda, umuco n’umurage yateguriwe abanyeshuri bo mu mashuri yisumbuye yagaragaje…

Umuyobozi w’ishuri yirukanywe azira kwicisha abanyeshuri inzara

Nyamasheke: Umuyobozi w’ishuri ribanza rya Gashirabwoba witwa Harerimana Marc, yirukanywe ku kazi mu gihe cy'ibizamini bisoza igihembwe cya Gatatu cy’umwaka…

Abana basabwe gusigwa binogereza

Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango (MIGEPROF), Batamuriza Mireille, yasabye abana kumva ko nabo bafite inshingano zo kwita ku…

Rwanda: Abanyeshuri benshi ntibumva ibyo basoma, abandi bagorwa no gukuba

Ubushakashatsi bwakozwe hagamijwe gupima urwego rw’imyigire n’imyigishiririze mu mashuri yo mu  Rwanda (LARS 2025), bugaragaza ko hari ibyuho bikiri muri…

- Advertisement -
Ad image