Uburezi

‘Minerval’ yiyongereye

Minisitiri w’Uburezi, Joseph Nsengimana, yatangaje ko guhera mu gihembwe cya kabiri cy’umwaka w’amashuri wa 2026/2027 kizatangira muri Mutarama 2027, umusanzu…

- Advertisement -
Ad image

Hagiye gushingwa ikigo kibungabunga urusobe rw’ibinyabuzima n’ikigisha ikoranabuhanga

Mu Rwanda hagiye gushyirwaho Ikigo cy’Igihugu gishinzwe kubungabunga Urusobe rw’Ibinyabuzima (Rwanda Nature Foundation-RNF), kizibanda ku bikorwa byo kurengera, kubungabunga no…

Perezida Kagame yasabye urubyiruko kwirinda ibiyobyabwenge na ‘vibes’ zidafite umusingi

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yasabye urubyiruko kwirinda ibiyobyabwenge, avuga ko n'ubwo ababikoresha babihisha, amaherezo ingaruka zabyo zigaragara kuko bibanza…

Ishuri Saint Gabriel ryafunguye ishami rishya i Kabuga

Ishuri Saint Gabriel (Ecole Primaire et Maternelle Saint Gabriel), risanzwe rikorera mu Murenge wa Kimironko mu Karere ka Gasabo, ryafunguye…

Min. Irere yamaze igihunga abatangiye ibizamini bisoza amashuri abanza

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi, Irere Claudette, yasabye abanyeshuri batangiye ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza gukora nta gihunga…

Abanyeshuri batsinze neza ku Ishuri AHAZAZA bagabanye Frw 1000,000

Muhanga: Ishuri ryigenga, AHAZAZA ryahembye abanyeshuri batatu bahize bagenzi babo barenga 600 baryigamo batsinda neza, bakaba bagenewe igihembo ubwo hizihizwaga imyaka…

Hatangijwe gahunda ihuza amahugurwa mu ikoranabuhanga n’isoko ry’umurimo

Mu gihe icyerekezo cy'u Rwanda ari ukubaka ubukungu bushingiye ku bumenyi n'ikoranabuhanga, Ikigo TAJYIRE Group Holdings Ltd cyatangije gahunda eshatu…

- Advertisement -
Ad image