Ishuri Saint Gabriel (Ecole Primaire et Maternelle Saint Gabriel), risanzwe rikorera mu Murenge wa Kimironko mu Karere ka Gasabo, ryafunguye…
Muhanga: Ishuri ryigenga, AHAZAZA ryahembye abanyeshuri batatu bahize bagenzi babo barenga 600 baryigamo batsinda neza, bakaba bagenewe igihembo ubwo hizihizwaga imyaka…
Mu gihe icyerekezo cy'u Rwanda ari ukubaka ubukungu bushingiye ku bumenyi n'ikoranabuhanga, Ikigo TAJYIRE Group Holdings Ltd cyatangije gahunda eshatu…
Intebe y’Inteko y’Umuco, Ambasaderi Masozera Robert, yavuze ko amarushanwa ku Kinyarwanda, umuco n’umurage yateguriwe abanyeshuri bo mu mashuri yisumbuye yagaragaje…
Nyamasheke: Umuyobozi w’ishuri ribanza rya Gashirabwoba witwa Harerimana Marc, yirukanywe ku kazi mu gihe cy'ibizamini bisoza igihembwe cya Gatatu cy’umwaka…
Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango (MIGEPROF), Batamuriza Mireille, yasabye abana kumva ko nabo bafite inshingano zo kwita ku…
Ubushakashatsi bwakozwe hagamijwe gupima urwego rw’imyigire n’imyigishiririze mu mashuri yo mu Rwanda (LARS 2025), bugaragaza ko hari ibyuho bikiri muri…
Sign in to your account