Uburezi

Perezida Kagame yasabye urubyiruko kwirinda ibiyobyabwenge na ‘vibes’ zidafite umusingi

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yasabye urubyiruko kwirinda ibiyobyabwenge, avuga ko n'ubwo ababikoresha babihisha, amaherezo ingaruka zabyo zigaragara kuko bibanza…

Ishuri Saint Gabriel ryafunguye ishami rishya i Kabuga

Ishuri Saint Gabriel (Ecole Primaire et Maternelle Saint Gabriel), risanzwe rikorera mu Murenge wa Kimironko mu Karere ka Gasabo, ryafunguye…

Min. Irere yamaze igihunga abatangiye ibizamini bisoza amashuri abanza

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi, Irere Claudette, yasabye abanyeshuri batangiye ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza gukora nta gihunga…

Abanyeshuri batsinze neza ku Ishuri AHAZAZA bagabanye Frw 1000,000

Muhanga: Ishuri ryigenga, AHAZAZA ryahembye abanyeshuri batatu bahize bagenzi babo barenga 600 baryigamo batsinda neza, bakaba bagenewe igihembo ubwo hizihizwaga imyaka…

Hatangijwe gahunda ihuza amahugurwa mu ikoranabuhanga n’isoko ry’umurimo

Mu gihe icyerekezo cy'u Rwanda ari ukubaka ubukungu bushingiye ku bumenyi n'ikoranabuhanga, Ikigo TAJYIRE Group Holdings Ltd cyatangije gahunda eshatu…

Amarushanwa ku Kinyarwanda, umuco n’umurage mu mashuri yisumbuye asize iki?

Intebe y’Inteko y’Umuco, Ambasaderi Masozera Robert, yavuze ko amarushanwa ku Kinyarwanda, umuco n’umurage yateguriwe abanyeshuri bo mu mashuri yisumbuye yagaragaje…

- Advertisement -
Ad image