Uburezi

Abana basabwe gusigwa binogereza

Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango (MIGEPROF), Batamuriza Mireille, yasabye abana kumva ko nabo bafite inshingano zo kwita ku…

Rwanda: Abanyeshuri benshi ntibumva ibyo basoma, abandi bagorwa no gukuba

Ubushakashatsi bwakozwe hagamijwe gupima urwego rw’imyigire n’imyigishiririze mu mashuri yo mu  Rwanda (LARS 2025), bugaragaza ko hari ibyuho bikiri muri…

Ibigo by’ikoranabuhanga mu burezi bigiye kongererwa ubushobozi

Minisiteri y’Uburezi ivuga ko kongerera ubushobozi ibigo bikwirakwiza ikoranabuhanga mu mashuri bizafasha kuzamura ireme ry’uburezi n’umusaruro w’abanyeshuri, ndetse no kwihutisha…

Gutoza abato uburere bwa Gikristo ni isoko y’intsinzi

Nubwo gutsinda amasomo ari ingenzi, uburezi bufite ireme bushingira no ku ndangagaciro zubaka umuntu, zimufasha kugira imyitwarire myiza irimo gukunda…

Abarenga ibihumbi 70 batangiye ibizamini ngiro (pratique) bya Leta

Minisiteri y’Uburezi yatangije ibihe by'ibizamini bya Leta, aho abagera ku 74,085 biga mu mashuri y’imyuga n’ubumenyi ngiro ndetse n’abakandida bigenga…

Abarenga ibihumbi 74 bagiye gukora ibizamini ngiro

Minisiteri y'Uburezi (MINEDUC) yatangaje ko abanyeshuri 74,085 basoza amashuri yisumbuye mu masomo arimo ay’Imyuga n’Ubumenyi Ngiro, Nderabarezi, Ibarurishamibare, Ubuforomo n’abiga…

- Advertisement -
Ad image