Uburezi

Abarenga ibihumbi 74 bagiye gukora ibizamini ngiro

Minisiteri y'Uburezi (MINEDUC) yatangaje ko abanyeshuri 74,085 basoza amashuri yisumbuye mu masomo arimo ay’Imyuga n’Ubumenyi Ngiro, Nderabarezi, Ibarurishamibare, Ubuforomo n’abiga…

Abanyarwanda barenga ibihumbi 30 bavuga Igishinwa

Ambasade y’u Bushinwa mu Rwanda ivuga ko kugeza ubu Abanyarwanda barenga ibihumbi 30 bavuga neza igishinwa, aho bakifashisha mu mirimo…

MINEDUC iri gusuzuma imikorere ya za Kaminuza

Minisiteri y'Uburezi (MINEDUC), yatangiye ibikorwa byo gusura Kaminuza n'Amashuri Makuru mu Rwanda mu rwego rwo kureba imikorere yabyo n'uburyo ireme…

Haraganirwa uko abanyeshuri bazajya batozwa imikino gakondo

Intebe y'Inteko y'Umuco, Ambasaderi Robert Masozera, yavuze ko hari ibiganiro biri guhuza abafatanyabikorwa mu burezi mu rwego rwo kureba ko…

Abigiye mu Rwanda bahawe impamyabumenyi mpuzamahanga mu rurimi rw’Ikidage

Akademi yigisha Ikidage mu Rwanda yatanze impamyabumenyi mpuzamahanga ku banyeshuri barangije amasomo y’ururimi rw’Ikidage. Abahawe impamyabumenyi ku wa 19 Mata…

Abanyeshuri bo mu Bufaransa bujuje ishuri i Masaka

Itsinda ry’abanyeshuri biga ubwubatsi mu Bufaransa bari mu Rwanda mu mahugurwa y’imenyerezamwuga mu bikorwa by’ubwubatsi, bubatse ishuri ry’incuke n’irerero ry’icyitegererezo…

- Advertisement -
Ad image