Imikino

Police FC yabonye abatoza bashya

Ubuyobozi bwa Police FC, bwatangaje ko umunya-Maroc, Rkyek Jaafar ari we mutoza mukuru wayo mu gihe azungirizwa na Bakkali Tahili…

- Advertisement -
Ad image

Gorilla FC yabonye umunyezamu mushya

Ubuyobozi bwa Gorilla FC, bwatangaje ko iyi kipe yasinyishije umunyezamu, Cuzuzo Aime Gaël wakiniraga Gasogi United. Ni amakuru yatangajwe ku…

Pavelh Ndzila yatandukanye na Tusker izakina CECAFA

Pavelh Ndzila wari umunyezamu wa Tusker FC yo muri Kenya, yamaze gutandukana nayo. Ni amakuru ataremezwa n’ikipe Pavelh yakiniraga ariko…

Mukura yatandukanye n’umutoza mbere yo gutangira akazi

Ubuyobozi bwa Mukura VS, bwatangaje ko yatandukanye na Tomáš Trucha wari uje kuyitoza ariko bagatandukana ataranatangira akazi. Ni nyuma y’amasaha…

Police FC yabonye Umunyamabanga mushya

Nyuma y’igihe uwari Umunyamabanga Mukuru wa Police FC, CIP Claudette Umutoni atagaragara mu nshingano ze, yasimbuwe na SP Diane Ntakirutimana…

Espagne yegukanye igikombe cy’Isi 2026

Ibifashijwemo na Ferran Torres waje asimbuye, ikipe y’Igihugu ya Espagne, yegukanye igikombe cy’Isi 2026 yaherukaga mu 2026. Yabigeze itsinze Argentine…

Bugesera: Ramjaane Joshua Foundation yatanze ubwisungane burenga 900

Abaturage 1000 bo mu Karere ka Bugesera mu Ntara y’i Burasirazuba, bahawe Ubwisungane mu Kwivuza na Ramjaane Foundation yashinzwe na…

- Advertisement -
Ad image