HABIMANA Sadi

1573 Articles

Abarimo Rusheshangoga bahaye ubutumwa APR FC

Nyuma yo gutsindwa ibitego 5-0 mu mukino wa mbere w’itsinda A muri CECAFA Kagame Cup 2026 iri kubera i Kigali,…

Vipers SC yatangiye neza CECAFA Kagame Cup

Mu mukino wabimburiye indi mu irushanwa ryitiriwe Umukuru w’Igihugu cy’u Rwanda, Paul Kagame, Vipers SC yatsinze FC Garde Républicaine ibitego…

Nzanywe no gutwara Shampiyona – umutoza wa Police FC

Umutoza mushya wa Police FC, Rkyek Jaafar yavuze ko mu nshingano eshatu zimutegereje muri iyi kipe, harimo gutwara igikombe cya…

Police FC yatangaje icyerekezo gishya cyayo

Ubuyobozi bwa Police FC, bwatangaje ko iyi kipe yatangiye icyerekezo gishya cyo kugira imikinire imwe uhereye mu makipe yayo y’abato…

Police FC yabonye abatoza bashya

Ubuyobozi bwa Police FC, bwatangaje ko umunya-Maroc, Rkyek Jaafar ari we mutoza mukuru wayo mu gihe azungirizwa na Bakkali Tahili…

Myugariro uhanzwe amaso muri APR yatangiye imyitozo

Myugariro w’ikipe y’Ingabo uhanzwe amaso, Madou Zon wari kapiteni wa TP Mazembe, yatangiye akazi. Uyu Muunya-Burkina Faso, yatangiye Imyitozo muri…

Gorilla FC yabonye umunyezamu mushya

Ubuyobozi bwa Gorilla FC, bwatangaje ko iyi kipe yasinyishije umunyezamu, Cuzuzo Aime Gaël wakiniraga Gasogi United. Ni amakuru yatangajwe ku…

Pavelh Ndzila yatandukanye na Tusker izakina CECAFA

Pavelh Ndzila wari umunyezamu wa Tusker FC yo muri Kenya, yamaze gutandukana nayo. Ni amakuru ataremezwa n’ikipe Pavelh yakiniraga ariko…

Mukura yatandukanye n’umutoza mbere yo gutangira akazi

Ubuyobozi bwa Mukura VS, bwatangaje ko yatandukanye na Tomáš Trucha wari uje kuyitoza ariko bagatandukana ataranatangira akazi. Ni nyuma y’amasaha…

Police FC yabonye Umunyamabanga mushya

Nyuma y’igihe uwari Umunyamabanga Mukuru wa Police FC, CIP Claudette Umutoni atagaragara mu nshingano ze, yasimbuwe na SP Diane Ntakirutimana…