Inkuru Nyamukuru

Perezida Kagame yakiriye abayobozi batandukanye

Perezida Paul Kagame ku mugoroba wo ku wa Gatatu, tariki ya 25 Kanama 2026, yakiriye abayobozi batandukanye barimo Thabo Mbeki…

- Advertisement -
Ad image

Ubutegetsi bwa Congo bwahagaritse amashuri mu bice bigenzurwa na AFC/M23

Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko yahagaritse by’agateganyo ibikorwa by’amasomo mu mashuri makuru na kaminuza biri mu…

Abagore baburiye ubuzima mu gikorwa barimo cyo gucukura itaka

Mu Karere ka Musanze abagore batandatu bari bari mu bikorwa byo gucukura itaka ryo kubakisha ryabagwiriye , bane muri abo…

Abaturage banyoye ikigage bajyanywe kwa muganga igitaraganya

Mu Karere ka Rulindo, abaturage 20 bari bitabiriye ibirori bya batisimu bajyanywe kwa muganga igitaraganya, hakekwa ikigajye bari banyoye bikekwa…

U Rwanda rurashaka amahoro-  Perezida KAGAME

Perezida  Repubulika Paul Kagame yavuze ko u Rwanda rwiteguye gukora ibishoboka byose ngo rugire amahoro n’umutekano kandi ko ruzakomeza gutanga…

Abanyerondo na DASSO batewe amabuye! Bizasaba iki ngo ubuzunguzayi bucike i Kigali ?

Abazunguzayi cyangwa abantu bakora ubucuruzi butemewe, bakomeje kugaragara hari ubwo bahanganye n’inzego z’umutekano mu Mujyi wa Kigali. Aba abantu kubera…

Muri ADEPR imiryango hafi 200 yakoreye ubukwe rimwe – AMAFOTO

Umushumba Mukuru wa ADEPR, Pasiteri Ndayizeye Isaï, yasezeranyije imiryango 190 yari isanzwe ibana  itarasezeranye. Ni igikorwa cyabaye ku cyumweru tariki…

- Advertisement -
Ad image