MUGIRANEZA THIERRY

192 Articles

Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia yaganirije Abanyarwanda bigayo

Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia, Dr. Abiy Ahmed, yaganirije Abanyarwanda 128 biga muri icyo Gihugu ibijyanye n'ubuvuzi n'ubuzima, kimwe n'abandi Banyafurika…

Museveni yasubije Umunyamakuru wamwise “umusaza udashoboye”

Perezida Yoweri Museveni wa Uganda yabwiye umunyamakuru Andrew Mwenda uherutse kumuhangara amwita umusaza udashoboye, ko ku myaka 82 yakwegura imbunda…

Perezida Kagame yagiriye uruzinduko muri Qatar

Perezida Paul Kagame yageze i Doha muri Qatar aho ari kugirira uruzinduko rw’akazi kuva mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru,…

Urubyiruko rwasabwe kwamagana imvugo z’urwango

Urubyiruko rurimo abanyamakuru, abakoresha imbuga nkoranyambaga n’abahagarariye amatsinda y'ubumwe n'ubwiyunge mu nzego zitandukanye zirimo Amashuri makuru na Kaminuza, rwasabwe kuba…

Ingamba nshya zo gukumira Ebola mu Rwanda

Ubu abanyamahanga bose bagiriye urugendo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, cyangwa bayinyuzemo mu minsi 30 ishize ntibemerewe kwinjira mu…

U Bubiligi bwahamwe n’icyaha cyibasiye inyokomuntu

U Bubiligi bwahamwe n'icyaha cyibasiye inyokomuntu cyo gutandukanya abana n'ababyeyi babo mu gihe bwari bukolonije Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.…

Abarwayi ba Ebola batorotse ibitaro

Abarwayi bavurwaga Ebola n'abandi bayicyekwaho batorotse ibitaro bya Rwampara biri mu bilometero bike uvuye mu Mujyi wa Bunia mu Ntara…

Brig. Gen. Rwivanga yatangiye kuyobora Ingabo za EASF

Brig. Gen. Ronald Rwivanga, usanzwe ari Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, yatangiye inshingano ze nk’Umuyobozi w’Umutwe w’Ingabo za Afurika y’Iburasirazuba zihora…

Perezida Ndayishimiye yirukanye Umusirikare amuziza ikibuti cy’inkwavu

Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yirukanye Lt. Col Eng. Léonidas Nibigira, wari Umuyobozi w'Ikigo cya Leta gishinzwe inyubako (OBUHA) amuziza…

Kuba ibihugu bya Afurika byakoroshya ibijyanye na Visa ku Banyafurika bimaze iki?

Dr Ismael Buchanan, umwarimu muri Kaminuza y’u Rwanda akaba n’impuguke muri politiki n’imibanire mpuzamahanga, yabwiye UMUSEKE ko kuba ibihugu bya…