MUGIRANEZA THIERRY

151 Articles

Polisi ya Uganda yafunze Abanyarwanda 25

Polisi ya Uganda ikorera mu Karere ka Kisoro yatangaje ko yafunze abantu 28 barimo Abanyarwanda 25 bafatiwe mu bikorwa byo…

MINEDUC iri gusuzuma imikorere ya za Kaminuza

Minisiteri y'Uburezi (MINEDUC), yatangiye ibikorwa byo gusura Kaminuza n'Amashuri Makuru mu Rwanda mu rwego rwo kureba imikorere yabyo n'uburyo ireme…

Haraganirwa uko abanyeshuri bazajya batozwa imikino gakondo

Intebe y'Inteko y'Umuco, Ambasaderi Robert Masozera, yavuze ko hari ibiganiro biri guhuza abafatanyabikorwa mu burezi mu rwego rwo kureba ko…

Abasirikare ba Amerika baburiye muri Afurika

Igisirikare cya Leta zunze Ubumwe za Amerika, Ishami ryacyo rikorera muri Afurika (AFRICOM) cyatangaje ko abasirikare bacyo babiri baburiwe irengero…

Meteo Rwanda yateguje imvura nke muri Gicurasi

Ikigo cy’Igihugu cy’Iteganyagihe, Meteo Rwanda, cyatangaje ko muri Gicurasi 2026, mu Rwanda hateganyijwe imvura iri hagati ya milimetero 50 na…

Afurika y’Epfo: Imyigaragambyo yamagana abanyamahanga yafashe indi ntera

Imyigaragambyo ikomeje gufata indi ntera mu mijyi itandukanye yo muri Afurika y'Epfo nyuma y'uko abenegihugu berekeje mu mihanda bavuga ko…

Rwanda – Abari munsi y’imyaka 16 bashobora kubuzwa imbuga nkoranyambaga

Minisitiri w'Ikoranabuhanga na Inovasiyo, Paula Ingabire, yatangaje ko Leta y'u Rwanda iri gusuzuma ishyirwaho ry'itegeko rikumira abana bari munsi y'imyaka…

Yajyanye kuri Banki umurambo wa mushiki we ngo bamuhe amafaranga

Umugabo wo mu Buhinde yataburuye umurambo wa mushiki we wari umaze amezi atatu apfuye, awujyana kuri Banki ngo bamuhe amafaranga…

Ndayishimiye azongera kwiyamamariza kuyobora u Burundi

Ishyaka riri ku butegetsi mu Burundi, CNDD-FDD ryatoye Evariste Ndayishimiye usanzwe uyobora icyo Gihugu, nk'Umukandida uzarihagarira ku mwanya wa Perezida…

Kigali: Hatangiye igerageza rizafasha abagenzi kumenya aho bisi zigeze

Ikigo cya Leta gishinzwe imikorere y’imodoka zitwara abantu mu buryo bwa rusange, Ecofleet Solutions, cyatangaje ko cyatangiye igerageza ry’ikoranabuhanga rishya…