INKURU ZO MU NTARA

Burera: Green Party yasoje gushyiraho abayobozi mu mirenge yose

Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda (Green Party) ryasoje gahunda yo gushyiraho abayobozi baryo mu mirenge yose 17…

- Advertisement -
Ad image

Umusore yafuhiye “umugore wari inshuti ye” birangira nabi

Hakizimana Emmanuel w’imyaka 35 wari ukiri ingaragu, ukomoka mu Murenge wa Mushishiro mu Karere ka Muhanga, yiyahuye muri Nyabarongo nyuma…

Umwana yatwawe n’amazi y’umugezi

Kamonyi: Byiringiro Dany w'Imyaka 10 yajyanye na bagenzi be koga mu mugezi, amazi amurusha ingufu aramutwara. Byabereye mu mudugudu wa Nyarutovu,…

Umwana wari mu biruhuko yarohamye mu cyuzi

Nyanza: Umunyeshuri wari mu biruhuko mu muryango we yarohamye mu cyuzi, umubiri we ukaba ugishakishwa. Kuwa 15 Nyakanga 2026 ahagana…

Rulindo: Umuturage atunze amapingu ngo anayafungisha bagenzi be

Abaturage bo mu karere ka Rulindo mu Murenge wa Kinzuzi, barashyira mu majwi umuturage wiyise Gafuna, gufunga abaturage akoresheje amapingu…

Bugesera: Urubyiruko rwungutse ubumenyi n’igishoro cy’ibikoresho by’imyuga

Urubyiruko 158 rwo mu Karere ka Bugesera rwahawe impamyabushobozi n’ibikoresho by’imyuga nk’igishoro cyo gutangira imirimo, nyuma yo gusoza amasomo y’imyuga…

Umugabo ufunguwe vuba arakekwaho kwica umugore we

Rwamagana: Umugabo wo mu murenge wa Musha wari ufunguwe, aho yafunzwe azira gukubita umugore we yatawe muri yombi akekwaho kumwica…

- Advertisement -
Ad image