INKURU ZO MU NTARA

Abakobwa urugo rwa se baruhinduye ‘lodge’ yavuga bakamukubita

Hakizimana Simon, aratabaza ubuyobozi nyuma y’uko abakobwe be  bafashe urugo rwe bakahahindura aho bacyurira abagabo ‘lodge’ , yatakaka bakamubwira ko…

- Advertisement -
Ad image

Kamonyi: Barasabwa gutanga amakuru y’ahari imibiri y’abishwe muri Jenoside

Mu murenge wa Karama mu Karere ka Kamonyi, mu gikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu…

Murambi – Ingabo z’Abafaransa zatunzwe agatoki ko zicishije Abatutsi

Visi Perezida w’Inteko Ishingamategeko umutwe w’Abadepite, Ushinzwe amategeko no kugenzura ibikorwa bya Guverinoma, Beline Uwineza, yagaragaje ko hari uruhare rutaziguye…

REG yemeye gusimbuza “Cash Power” z’abamaze amezi 3 mu kizima

RUHANGO: Sosiyete ishinzwe ingufu (REG), ishami rya Ruhango, ivuga ko igiye gukemura ikibazo cya “Cash Power” zakubiswe n’inkuba, hakaba hashize…

Nta Munyarwanda ukwiriye gusinda amahoro dufite- Meya Nahayo

Umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi, Dr. Nahayo Sylvere, yasabye abaturage b'Umurenge wa Kayumbu gukomeza kunga ubumwe n'ubudaheranwa, kubaka umuco w'amahoro no…

Urubyiruko rwiyemeje kuvuga ukuri kuri Jenoside no kurwanya abayihakana

Urubyiruko rw'abana bavutse nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, rwiyemeje gukoresha ikoranabuhanga bifashishije imbuga nkoranyambaga bakoresha, barwanya ingengabitekerezo n'ipfobya…

Hari abaturage bamaze imyaka 8 basiragira ku byangombwa by’ubutaka barahebye

Rusizi: Abaturage bagera kuri 12 ubutaka ubwabo bwari ishyamba bwagizwe irimbi, none bamaze imyaka 8 bashaka ibyangombwa ngo bahabwe ingurane…

- Advertisement -
Ad image