INKURU ZO MU NTARA

Umusore wari ubangamiye abaturanyi be yafashwe

Inzego zitandukanye mu Murenge wa Kabacuzi zafashe umusore witwazaga umuhoro n'ibyuma,avuga ko yagambiriye kwica umuntu. Ifatwa ry'uyu musore wari warazengereje…

- Advertisement -
Ad image

Abaturage banyoye ikigage bajyanywe kwa muganga igitaraganya

Mu Karere ka Rulindo, abaturage 20 bari bitabiriye ibirori bya batisimu bajyanywe kwa muganga igitaraganya, hakekwa ikigajye bari banyoye bikekwa…

Umurenge wemeye kuvuza umusore ufite ikibyimba mu mugongo

Ruhango: Ubuyobozi bw'Umurenge wa Bweramana, buvuga ko bugiye kuvuza umusore ufite ikibyimba mu mugongo wabuze ubushobozi. Bayiringire Eric atuye mu…

Mukakananura yubakiwe inzu na ‘Comfort My People’ aruhuka kunyagirwa

Mukakananura Lawulensiya wari umaze imyaka aba mu nzu yenda kumugwaho, yibutse ibihe bibi yanyuzemo birimo kuyinyagirirwamo, asabwa n’ibyishimo. Ni nyuma…

Umusore ugendana umuhoro n’icyuma, yigamba ko azica umuntu

Muhanga: Abatuye Kabayaza babangamiwe n'umusore witwaza intwaro gakondo nk'umuhoro n'ibyuma, wigamba ko azica umuntu. Bamwe mu baturage bo mu Mudugudu…

Nyuma y’ibyuma barasabwa gucika ku gukina “Akadege”

Abatuye Intara y’Amajyaruguru barasabwa guca ukubiri n’ibiyobyabwenge, inzoga zitujuje ubuziranenge ndetse n’umukino bita ‘Akadege’ wararuye abatari bake, kuko bibahuma amaso…

Abakobwa bagaragaje impungenge ku bwiyongere bw’ingo zisenyuka

Amajyepfo: Mu nama y'Igihugu y'abagore abakiri bato bagaragaje impungenge ku mibare y'abashaka gatanya ikomeje kwiyongera. Mu nama rusange ya 25…

- Advertisement -
Ad image