INKURU ZO MU NTARA

Haribazwa icyateye urupfu rw’umusore w’imyaka 17

Bugesera: Umurambo wa Rizinjirabake Regis wasanzwe mu Mudugudu, bamwe mu baturage bagakeka ko yaba yishwe. Urupfu rwa Rizinjirabake Regis w'imyaka…

Umuyobozi yatemwe n’abatetsi ba Kanyanga ajya muri Koma

RUHANGO: Manirarora John, umuyobozi ushinzwe umutekano muri umwe mu Midugudu yo mu Karere ka Ruhango, yatemwe n’abateka kanyanga, ajya muri…

Ikibazo cy’amashanyarazi acika giteye inkeke mu Turere tw’Intara y’Amajyepfo – imirimo kuri bamwe yahagaze

Amajyepfo: REG yagize icyo ivuga ku ibura ry’umuriro w’amashanyarazi rya hato na hato rimaze iminsi, abakoresha moto z’amashanyarazi bamwe bahagaritse…

Hari abavuga ikimenyane mu gutanga ibyangombwa byo kwinura imicanga no gukura amabuye

Nyamagabe: Abasaba ibyangombwa byo kwinura umucanga na kariyeri bavuga ko mu gutanga ibyangombwa harimo ubusumbane n'ikimenyane. Ibi abarenga batanu babwiye…

Nyaruguru: Abaturage babonye impinduka mu byakozwe n’Ubuyobozi mu myaka 5 ishize

Ubuhamya bw'abaturage bo muri Nyaruguru, bwumvikanamo gushima ibyo ubuyobozi bwagezeho mu myaka 5 ishize, harimo kubaka ibikorwa remezo, no kugabanya…

Ngororero: Kuvugurura ubuhinzi biri gutanga umusaruro ufatika

Inama Njyanama y’Akarere ka Ngororero ivuga ko mu myaka itanu imaze, yashyize ingufu mu bukangurambaga bugamije kuvugurura ubuhinzi bw’urutoki n’ibirayi.…

- Advertisement -
Ad image