INKURU ZO MU NTARA

Ruhango: Hari kuvugutwa umuti wo guhangana n’indwara zititaweho

Indwara zititaweho uko bikwiye ni zimwe mu zikomeje guhungabanya ubuzima bw’abantu, ahahini abazirwara zikabashegesha bitewe n’uko badafite ubumenyi buhagije mu…

Hari abagabo bafunzwe bakekwaho kwica umucuruzi

Huye: Inzego z’Umutekano zafashe abantu batatu bakekwaho kwica Karamira Aloys, usanzwe akora imirimo y’ubucuruzi bw’amafi. Urupfu rwa Karamira Aloys bakunze…

Amasasu yaturutse i Burundi yishe abarobyi bo mu Rwanda

Amakuru agera ku kinyamakuru UMUSEKE aravuga ko ingabo z’u Burundi zarasiye abarobyi babiri bo mu Rwanda mu kiyaga cya Cyohoha,…

Abagabo babiri bo muri Rweru barohamye mu mazi muri iki cyumweru

Nzabandora Celestin w'imyaka 62 na Manizabayo Jean Bosco w'imyaka 31 y'amavuko, bombi bo mu murenge wa Rweru mu Karere ka…

U Rwanda rwagize amahirwe yo kwibaruka Inkotanyi- Depite Kalinijabo

Mu muhango wo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, Depite Kalinijabo Barthélemy yavuze ko u Rwanda…

‘Comfort my People Ministry’ yasaniye inzu uwarokotse Jenoside

Umuryango wa gikirisitu udaharanira inyungu witwa ‘Comfort My People Ministry’ wasaniye inzu umupfakazi wa Jenoside yakorewe Abatutsi witwa Mukandori Dancille,…

- Advertisement -
Ad image