INKURU ZO MU NTARA

UPDATED: Abayobozi bakubiswe bagiye kumena inzoga

Huye: Umunyamabanga Nshingwabikorwa (Gitifu) w'Umurenge wa Gishamvu, ndetse na Gitifu w'akagari ka Ryakibogo bakubiswe bari mu kazi, aho umwe yanakomeretse…

Hatangijwe umushinga wo gusana ibidukikije ku nkengero z’Ikiyaga cya Kivu

Mu rwego rwo gusana ibidukikije byangiritse mu nkengero z’Ikiyaga cya Kivu, Umuryango Centre d’Intervention et d’Action Communautaire (CIAC Rwanda) watangije…

Muhanga: Umushoramari arashinjwa kwigomeka kuri Leta

Nyabyenda Emmanuel ukora ubucukuzi bw'amabuye y'agaciro mu Murenge wa Rugendabari, arashinjwa kwica amabwiriza y’Ikigo cy'Igihugu gishinzwe Mine, Peteroli na Gaz…

Muhanga: Ba Gitifu bamwe bahinduriwe Ifasi bayoboraga

Muhanga: Ba Gitifu batandatu bahinduriwe ifasi bayoboraga, batandatu bandi baguma mu Mirenge basanzwemo. Abanyamabanga Nshingwabikorwa b'Imirenge batandatu kuri 12 igize…

Abanyeshuri barakekwaho gusambanya bagenzi babo

Nyanza: Abanyeshuri barimo abiga mu mashuri yisumbuye, bafunzwe bakekwaho gusambanya bagenzi babo bikekwa ko mubasambanyijwe harimo abana. Hashize icyumweru abanyeshuri…

Umugore wari mu nzu n’umugabo we yasanzwe mu buriri yapfuye

Muhanga: Rerabo Francine w'Imyaka 40 y'amavuko, yapfiriye mu nzu yarimo n'umugabo we, wavuze ko yumvise atangiye kuruka agira ngo ni…

- Advertisement -
Ad image