INKURU ZO MU NTARA

Umugore ‘biravugwa ko yishe abana be babiri na we ariyahura’

Gatsibo: Haravugwa inkuru y'akababaro y'umugore wiyiciye abana babiri na we akiyahura, amakuru avuga ko intandaro yabyo ari amakimbirane yo mu…

Abamotari bafashe mu mugongo umuryango wa mugenzi wabo wishwe n’impanuka

Bamwe mu bakora umwuga wo gutwara abantu kuri moto mu Mujyi wa Kigali no mu nkengero zawo bafashe mu mugongo…

Hamenwe litiro 30,000 za Ethanol n’inzoga zitujuje ubuziranenge

Musanze: Mu murenge wa Busogo hamenwe litiro zisaga ibihumbi 30,000 z’ikinyabutabire cya Ethanol yakoreshwaga mu gukora inzoga zitujuje ubuziranenge, n’amakarito…

Ibihazi byari byivuganye Gitifu w’umurenge akizwa n’amaguru

Ngororero: Bamwe mu bacukura amabuye y'agaciro mu buryo butemewe birukankanye Umunyabanga Nshingwabikorwa w'Umurenge, Rutagisha Aimable bashaka kumugirira nabi, amaguru ayabangira…

Abana babiri bavukana bahiriye mu nzu

Huye: Inkongi y'umuriro yatwitse inzu ihiramo abana babiri bavukana umwe ahita apfa, undi arakomereka bikabije. Iyi nkongi y'Umuriro yahitanye umwana, igakomeretsa…

Umuturage w’i Nyamaseke yishyuriye ubwisungane mu kwivuza bagenzi be 70

Mu mudugudu wa Ngoboka, akagari ka Shangi murege wa Shangi hari umuturage witwa Mushengezi Jean Claude wasangiye umuganura na bagenzi…

- Advertisement -
Ad image