INKURU ZO MU NTARA

Miliyari zisaga 6 Frw zigiye gushorwa mu ikorwa ry’umuhanda Cyakabiri-Nyabikenke

Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga buvuga ko imirimo yo gukora umuhanda uva mu Cyakabiri ukagera ku Bitaro bya Nyabikenke uzatwara Miliyari…

Muhanga: Basanga abenshi mu bahakoze Jenoside ari abahavuka

Ubwo hibukwaga ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, abatanze ibiganiro bavuga ko abenshi mu bakoze Jenoside mu…

Rwamagana: Basabwe kongera umusaruro w’ubuhinzi n’ubworozi

Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba, Pudence Rubingisa, yasabye abayobozi n’abafatanyabikorwa mu Karere ka Rwamagana gukora ibishoboka byose kugira ngo umusaruro w’ubuhinzi n’ubworozi…

HOWO yatwaye ubuzima abantu bane

Nyanza: Impanuka y’Imodoka yabereye mu Karere ka Nyanza, yatwaye ubuzima bw'abasore bane. Mu ijoro ryo ku wa 28 Werurwe, 2026…

Ba ofisiye n’abasirikare basoje amasomo y’ingabo zidasanzwe

Ba ofisiye n’abandi basirikare bo mu Ngabo z’u Rwanda (RDF) basoje kuri uyu munsi amahugurwa y’ibanze y’Ingabo zidasanzwe yakozwe mu…

Imodoka yo mu bwoko bwa HOWO imaze icyumweru mu mugezi

Muhanga: Imodoka yo mu bwoko bwa HOWO yari igiye gupakira umucanga, imaze icyumweru  mu mugezi wa Bakokwe. Iki kibazo cy’imodoka…

- Advertisement -
Ad image