INKURU ZO MU NTARA

Imodoka nshya ku Nkombo yatumye bakora umunsi mukuru

Rusizi: Abaturage bo mu murnge wa Nkmbo, cyane cyane abagore batwara imizigo n’ibintu bitandukanye babihetse ku mugongo, bavuga ko biruhukije…

Imodoka y’ibitaro yagonze umusore w’imyaka 19

Kamonyi: Imbangukiragutabara y'Ibitaro bya Remera Rukoma yagonze umusore w'imyaka 19 y'amavuko ahita apfa. Iyi mpanuka y'imodoka itwara abarwayi yabereye mu…

Abasirikare ba RDF basoje imyitozo yo gukarishya ubumenyi mu bya gisirikare

Brigade ya 507 y'Ingabo z'u Rwanda zirwanira ku butaka yasoje amahugurwa ya gisirikare yo ku rwego rwisumbuye yagenewe Ingabo zirwanira…

Umuyobozi w’Ishuri wakubiswe ikintu mu mutwe yapfuye

Muhanga: Muhirwa Paulin wayoboraga GS Sholi yapfuye nyuma yo gukubitwa ikintu mu mutwe, akajyanwa kwa muganga arembye. Urupfu rwa Muhirwa…

Navuga ko ari icyorezo mu bindi- Minisitiri w’Ubuzima ku nzoga ziri kwica abantu

Minisitiri w'Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana, yavuze ko ikibazo cy'inzoga zitujuje ubuziranenge gikomeje gufata intera ikomeye, ku buryo yavuze ko "ari…

Hari abaturage barembeye kwa muganga nyuma yo kunywa ubushera

Nyaruguru: Abaturage 17 banyoye ubushera bikekwa ko bwanduye bihutanywe kwa Muganga nyuma y'uko bubagizeho ingaruka bamwe baravurwa abandi baracyari yo.…

- Advertisement -
Ad image