INKURU ZO MU NTARA

RIB ivuze ku rupfu rw’umusore wigaga muri Tumba College n’umukobwa wari wamusuye

Inkuru y'urupfu rw'umusore wigaga mu mwaka wa mbere wa Kaminuza, muri IPRC- Tumba College mu karere ka Rulindo, ikomeje kuvugwa…

UPDATED: Umusore n’umukobwa wamusuye bombi basanzwe bapfuye

Umuhungu wigaga mu Ishuri Rikuru ry’Imyuga n’Ubunenyingiro, RP Tumba College mu Karere ka Rulindo n’inkumi bivugwa ko yari yamusuye, bombi…

Ruhango: Batangiye kuvugurura amashuri ashaje akaba icyitegererezo

Ubuyobozi bw’Akarere ka Ruhango buvuga ko bwatangiye gusana amashuri ashaje bukayashyira mu mashuri y’icyitegererezo. Iki gikorwa cyo gusana amashuri ashaje,…

Nyabarongo yakomye mu nkokora urujya n’uruza ku muhanda Muhanga – Ngororero

Ubuyobozi bw’Umurenge wa Rugendabari mu Karere ka Muhanga buvuga ko amazi y’umugezi wa Nyabarongo yasendereye mu Muhanda ahagarika imodoka zavaga…

Ivomo rusange rimaze imyaka 3 rifunze kandi amazi arimo, “bamwe mu baturage bayobotse ibishanga”

Nyamasheke: Hashize imyaka 3 ivomo rusange rifunze kandi amazi arimo, ngo uwarivomeshaga yagejeje amazi iwe, atwara urufunguzo, abandi barikoreshaga ubu…

Ruhango na Nyaruguru byagabanyije igwingira mu bana bato, Kamonyi yasubiye inyuma

Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango Uwimana Consolée yashimiye Akarere ka Nyaruguru ko kagabanyije igwingira ku kigero cya 17%, anenga Kamonyi, Nyamagabe…

- Advertisement -
Ad image