INKURU ZO MU NTARA

Nyamagabe: Batangiye barwanya imirire mibi, ubu bashora imari mu bihumyo

Itsinda ry'abantu 47 bahinga imigina y'ibihumyo rigeze mu rwego rwa Koperative, abaririmo bavuga ko batangiye barwanya imirire mibi mu bana…

Abagihishe inzoga z’ibyuma mu nzu bahawe ubutumwa

*Polisi ivuga ko ibyaha byagabanutse nyuma yo guca inzoga zitujuje ubuziranenge Polisi y’u Rwanda ivuga ko ibikorwa byo kurwanya, no…

Ngororero: Igwingira mu bana ryaragabanutse, bashima uruhare rw’umushinga SAIP II

Ubuyobozi bw'Akarere ka Ngororero buvuga ko bwagabanyije igwingira kuri 14,7% by'abana bagwingira, umushinga SAIP II ukaba ubifitemo uruhare rukomeye. Umuyobozi…

Mu kiyaga cya Kivu habonetsemo umurambo

Rusizi: Umurambo w'umusore w'imyaka 23 y'amavuko wabonetse mu Kiyaga cya Kivu, bikekwa ko yiyahuye. Mu mudugudu wa Karambo, akagari ka…

Umusore wari ubangamiye abaturanyi be yafashwe

Inzego zitandukanye mu Murenge wa Kabacuzi zafashe umusore witwazaga umuhoro n'ibyuma,avuga ko yagambiriye kwica umuntu. Ifatwa ry'uyu musore wari warazengereje…

Nyabyenda yagurishije amabuye y’agaciro karenga miliyari 3.2Frw nta ruhushya

Muhanga: Umukozi w’umushoramari Nyabyenda Emmanuel, yatanze ubuhamya bw’uko ko bibye Leta amabuye y’agaciro yo mu bwoko bwa Wolfram afite agaciro…

- Advertisement -
Ad image