INKURU ZO MU NTARA

Ikigage banyoye muri Nyakanga kiracyabagiraho ingaruka kugeza ubu

Nyaruguru: Abantu 34 banyoye ikigage mu biroribyabaye mu mpera z'ukwezi kwa Nyakanga, umwe yahasize ubuzima, kugeza ubu abantu 23 baracyari…

Urupfu rw’abana babiri rwashenguye ababyeyi

Nyaruguru: Bamwe mu batuye mu Murenge wa Rusenge bavuga ko bababajwe n'urupfu rw’abana babiri b’abahungu barohamye mu kizenga cy’amazi ubwo…

Abagabo babiri barakekwaho kwangiza imyaka y’abaturage

Nyanza: Bamwe mu batuye mu karere ka Nyanza, basanze imyaka yabo bahinze mu gishanga cya Nyarubogo yatemaguwe, Polisi ivuga yamaze gufata…

Rusizi: Abagore basabwe kubaka umuryango ushoboye kandi ushobotse

Ba mutimawurugo basabwe gukomeza kubaka umuryango ushoboye kandi ushobotse, nk'uko byagarutsweho mu nama rusange ya 25 y’Igihugu y’abagore ku rwego…

Nyaruguru: Urubyiruko rwasabwe kwirinda ubusinzi n’ibiyobyabwenge

Mu Karere ka Nyaruguru, mu Murenge wa Ruheru, Polisi y’u Rwanda n’izindi nzego basabye ababyeyi kwita ku burere bw'abana naho…

Umugabo yafatanwe ‘amabule’ y’urumogi arenga 2,200

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Muhanga, yatangaje ko ku bufatanye n’abaturage, yafatiye mu cyuho umugabo w’imyaka 40 ukekwaho…

- Advertisement -
Ad image