INKURU ZO MU NTARA

Miliyoni 9 z’amadolari zigiye gushorwa muri “Green Amayaga”

Umushinga wo kubungabunga Umuhora Nyungwe–Ruhango binyuze muri gahunda ya Green Amayaga ugiye gushorwamo miliyoni 9 z’amadolari y’Amerika mu gihe cy’imyaka…

Abantu babiri barohamye mu masaha yegeranye

Karongi - Abantu babiri bo mu Murenge wa Rubengera barohamye mu masaha yegeranye, mu gihe kitarenze ibyumweru bibiri muri aka…

Ababyeyi batita ku isuku yo mu kanwa y’abana bagawe

Tariki ya 20 Werurwe, Isi yizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’indwara zo mu kanwa, muri uyu mwaka wa 2026, uyu munsi wahawe…

Huye: Abaturage baravugwaho gukomeretsa Gitifu w’Umurenge

Abantu kugeza ubu batahise bafatwa bose, barakekwaho gusagarira abayobozi barimo Meya w’Akarere ka Huye, n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Ruhashya, ndetse…

Muhanga: Abanyamuryango ba FPR Inkotanyi bibukijwe kwita ku muturage

 Abanyamuryango ba FPR Inkotanyi mu Karere ka Muhanga bibukijwe ko bagomba guharanira ko umuturage akomeza kugira ubuzima bwiza nk'intego nyamukuru…

Abize imyuga n’ubumenyingiro basabwe kuba abashoboye bashobotse

Abize imyuga n’ubumenyingiro mu ishuri rya Lycée de Ruhango Ikirezi basabwe kuzarangwa n'ikinyabupfura no kwanga umugayo, bakazirikana ko umunyeshuri arererwa…

- Advertisement -
Ad image