INKURU ZO MU NTARA

‘Comfort my People Ministry’ yasaniye inzu uwarokotse Jenoside

Umuryango wa gikirisitu udaharanira inyungu witwa ‘Comfort My People Ministry’ wasaniye inzu umupfakazi wa Jenoside yakorewe Abatutsi witwa Mukandori Dancille,…

Min. Habimana yasabye buri wese gushyira imbere Ubunyarwanda

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Habimana Dominique, yabwiye abaturage bo mu karere ka Kayonza ko u Rwanda rushyize imbere Ubumwe bw’igihugu, kandi…

Rusizi: Ubuyobozi bufite umukoro wo kubaka inzu 1,126 z’abarokotse Jenoside

Rusizi: Ubuyobozi bufite umukoro wo kubaka bushya inzu zigera ku 1126 z’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Biherutse gutangazwa n’umuyobozi…

DASSO yoroje inka umuturage warokotse Jenoside

Nyanza: Urwego rushinzwe kunganira akarere muby'umutekano (DASSO) rworoje inka umuturage warokotse jenoside yakorewe abatutsi mu 1994 mu rwego rwo kumufata…

Minisitiri w’Intebe yahamije ko u Rwanda rutazatezuka ku kurwanya ingengabitekerezo ya Jenoside

Ubwo hibukwaga ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994, Minisitiri w’Intebe, Dr Nsengiyumva Justin yavuze ko kurwanya Ingengabitekerezo…

Burera: Hanenzwe ababyeyi bagoreka amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi

Ubwo hibukwaga ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu Karere ka Burera mu Murenge wa Rugarama, hanenzwe ababyeyi bigisha…

- Advertisement -
Ad image