Elisée MUHIZI

364 Articles

Umwana w’imyaka 13 yagwiriwe n’ikirombe

Kamonyi: Igiraneza Samuel w’imyaka 13 y’amavuko yagiye gucukura amabuye y’agaciro ikirombe kiramugwira ahasiga ubuzima. Iyi mpanuka y’ikirombe yatwaye Igiraneza Samuel…

UPDATE: Impanuka ikomeye yatwaye ubuzima bw’abantu batatu

UPDATED 23h35: UMUSEKE wamenye amakuru ko mu bari bakomeretse harimo umwe umaze gupfa. Muhanga: Impanuka ikomeye yabaye mu masaha y'umugoroba…

Ruhango: Bashyinguye imibiri 108 y’Abatutsi bazize Jenoside

Ubuyobozi bw’Akarere ka Ruhango, imiryango y’abarokotse Jenoside n’inshuti zabo bashyinguye imibiri 108 y’abatutsi bazize Jenoside muri Mata 1994. Iyi mibiri…

Polisi yafashe umugabo ukekwaho gutema mugenzi we

Kamonyi: Polisi mu Karere ka Kamonyi yafashe Bikorimana Pascal ukekwaho gutema mugenzi we Niyibizi bikamuviramo urupfu. Uru rugomo rwabereye mu…

Gitifu umaze igihe aburana yahawe igihano

Muhanga: Urukiko Rwisumbuye rwa Muhanga rwahanishije Mukamutali Valérie wari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Kibangu igifungo cy’imyaka 5 gisubitsemo igifungo cy'imyaka…

Muhanga: Umusore yagwiriwe n’ikirombe

Hagenimana Léon w’Imyaka 24 y’amavuko yagiye gucukura amabuye y’agaciro mu buryo butemewe ikirombe kimugwaho arapfa. Impanuka y’ikirombe yabereye mu Mudugudu…

Umucuruzi aratunga agatoki umukozi wa Jali wamennye iduka rye

Muhanga: Urugaga rw’abikorera mu Karere ka Muhanga n’Umucuruzi ku giti cye barashinja Uhagarariye inyubako ya Jali muri aka Karere, kwiha…

Remera Rukoma – Abakora ku Bitaro n’ababirwariyemo batangiye kuhafatira amafunguro

Abarwayi, abarwaza n’abakozi b’Ibitaro bya Remera Rukoma bubakiwe igikoni bafatiramo ifunguro ku buntu ku barwayi n'abarwaza, abakozi bo bishyura kimwe…

Colonel w’Umunyamulenge yashimutiwe i Kinshasa

Umuryango wa Col Ruhorimbere Gapanda John, ukomoka mu bwoko bw’Abanyamulenge, urashinja igisirikare cya Congo kumushimuta, nyuma yo kumara ibyumweru bitatu…

Ikawa yinjirije abaturage arenga miliyari 2Frw

Ruhango: Igihingwa cy'ikawa cyinjirije abaturage  arenga miliyari 2 y’u Rwanda, Ubuyobozi bw’Akarere ka Ruhango buvuga ko ari imibare yo guhera…