Muhanga: Dusabe Gilbert w'imyaka 24 y'amavuko usanzwe utwara abagenzi kuri Moto mu Karere ka Muhanga, yatonganye n'umucuruzi witwa Ngendahayo Eric…
RUHANGO: Sosiyete ishinzwe ingufu (REG), ishami rya Ruhango, ivuga ko igiye gukemura ikibazo cya “Cash Power” zakubiswe n’inkuba, hakaba hashize…
Nsengiyumva Emmanuel umwe mu barokokeye i Rukoma yeretse abaje kwibuka ifoto y’uwanze kwica Abatutsi waje gupfa nyuma ya Jenoside. Yayerekanye…
Huye: Inzego z’Umutekano zafashe abantu batatu bakekwaho kwica Karamira Aloys, usanzwe akora imirimo y’ubucuruzi bw’amafi. Urupfu rwa Karamira Aloys bakunze…
Mu muhango wo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, Depite Kalinijabo Barthélemy yavuze ko u Rwanda…
Ruhango: Urwego rw’Ubugenzacyaha bwataye muri yombi abagabo babiri n’umugore bakurikiranyweho icyaha cy’urugomo. Aba baturage 3, bafunzwe nyuma y'uko mu Kagari…
Ruhango: Abagabo babiri bakekwaho kwica mugenzi wabo bagatoroka bari guhigishwa kuburirwa hasi no hejuru ngo baryozwe iicyo cyaha. Inzego zitandukanye…
Ubwo hibukwaga ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994, Minisitiri w’Intebe, Dr Nsengiyumva Justin yavuze ko kurwanya Ingengabitekerezo…
Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga buvuga ko imirimo yo gukora umuhanda uva mu Cyakabiri ukagera ku Bitaro bya Nyabikenke uzatwara Miliyari…
Ubwo hibukwaga ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, abatanze ibiganiro bavuga ko abenshi mu bakoze Jenoside mu…
Sign in to your account