Perezida wa Tanzania, Dr. Samia Suluhu Hassan, ategerejwe i Kigali mu Rwanda mu Nama Mpuzamahanga yiga ku ikoreshwa ry’Ingufu za…
Ikigo cy’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe gishinzwe kurwanya no gukumira indwara (Africa CDC), cyatangaje ko icyorezo cya Ebola cyongeye kugaragara…
Ubucamanza bwa Leta zunze Ubumwe za Amerika bwategetse ko umwe mu bimukira boherejwe muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, agarurwa…
Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yigambye ko yasuye Igihugu cya Leta Zunze Ubumwe za Abarabu (UAE) mu ibanga ubwo…
Polisi ya Uganda yatangaje ko irahira rya Perezida Yoweri Kaguta Museveni ryasize abantu batandukanye batawe muri yombi bashinjwa kwibira ahabereye…
Perezida Donald Trump wa Leta zunze Ubumwe za Amerika ari mu ruzinduko rw'amateka mu Bushinwa nyuma y'imyaka ikabakaba 10 nta…
Intebe y'Inteko y'Umuco, Ambasaderi Robert Masozera, yatangaje ko hari umushinga ugeze kure wo kubaka Ingoro Ndangamurage mu Karere ka Nyagatare…
Abaminisitiri muri Guverinoma y’u Bwongereza iyobowe na Keir Starmer, bakomeje kwegura mu nshingano zabo mu rwego rwo gushyira igitutu kuri…
Perezida Donald Trump yavuze ko afite gahunda yo kugira Igihugu cya Venezuela Leta ya 51 mu zigize Leta zunze Ubumwe…
Uganda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byasinye amasezerano mashya atandatu y’imikoranire arimo ayo gukomeza ibikorwa bihuriweho bya gisirikare 'Operation…
Sign in to your account