Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatanze umuti w’icyorezo cya Ebola ukiri mu igeragezwa kugira ngo wifashishwe mu kuvura abarwayi b’icyi…
Ambasaderi w’u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye, Martin Ngoga, yagaragaje ko ingamba zirimo politiki ikomeye, uruhare rw’abaturage, ubwishingizi bw’ubuzima bugera kuri…
Komisiyo y’Amatora muri Sudani y’Epfo yatangaje ko amatora rusange ya mbere azatorerwamo Perezida kuva iki gihugu cyashingwa mu 2011 azaba…
UPDATED 18h11' : Perezida Antoine Felix Tshisekedi n'umugore we Denise Nyakeru, basanganiye ku kibuga cy'indege cya N'Djili Perezinda Évariste Ndayishimiye n'umugore…
Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Keir Starmer, yatangaje ko yeguye ku buyobozi bw’Ishyaka ry’Abakozi kuko yibona ko atakiri umuntu ukwiriye kuriyobora,…
Umubare w’abamaze kwandura icyorezo cya Ebola muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) wageze ku bantu 1.003, mu gihe 254…
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Amajyepfo yafashe abagabo batatu bakekwaho ubujura bw’inka zirindwi, nyuma yo kuzifatanwa mu Karere ka…
Intebe y’Inteko y’Umuco, Ambasaderi Masozera Robert, yavuze ko amarushanwa ku Kinyarwanda, umuco n’umurage yateguriwe abanyeshuri bo mu mashuri yisumbuye yagaragaje…
Ingabo zirinda ubutegetsi bwa kisilamu muri Iran (IRGC) zatangaje ko zafunze inzira ya Hormuz mu cyo zise ko Leta zunze…
Minisitiri w’Intebe w’u Butaliyani, Giorgia Meloni, na Perezida Donald Trump wa Leta zunze Ubumwe za Amerika bashyamiranye mu bitangazamakuru bapfa…
Sign in to your account