MUGIRANEZA THIERRY

365 Articles

Abimukira bakamejeje! Abarenga ibihumbi 50 binjiye muri Espagne mu munsi umwe

Abimukira basaga ibihumbi 50 binjiye muri Espagne mu buryo bunyuranije n’amategeko mu masaha 24 ashize, nyuma yo gusimbuka uruzitiro rutandukanya…

Ikibazo cy’inzoga z’inkorano cyahagurukije inzego zikomeye

Kuva umwaka wa 2026 watangira nibura abantu 50 bamaze gupfa abandi 100 barahuma, biturutse ku nzoga banyoye, Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihuhugu,…

Ingabo za Sri Lanka zaje kwigira ku Rwanda

Itsinda rigizwe na Ofisiye bakuru n’abarimu 13 bo mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare rya Sri Lanka bari mu rugendoshuri mu…

Ebola yakamejeje muri Congo

Icyorezo cya Ebola cyo mu bwoko bwa Bundibugyo gikomeje gukaza umurego muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), aho imibare…

Kizza Besigye yaguye igihumure ari mu rukiko

Dr. Kizza Besigye, umwe mu banyapolitiki batavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda, ubu uri kuburanishwa ku byaha birimo kugambanira Igihugu, yaguye…

Perezida Lukashenko yifuza Komisiyo ihuza u Rwanda na Belarus

Ambasaderi Maj. Gen. Joseph Nzabamwita yashyikirije Perezida wa Belarus, Aleksandr Lukashenko, impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri iki gihugu, aho…

Havutse izindi mpaka zikomeye hagati y’u Rwanda na Congo ku isenywa rya FDLR

Guverinoma y’u Rwanda yamaganye amasezerano Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yagiranye n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR, arimo ingingo…

Iran na Amerika byubuye imirwano

Imirwano hagati ya Iran na Leta zunze Ubumwe za Amerika yongeye kubura mu Burasizabuba bwo Hagati nyuma y'aho Iran irashe…

Urukiko rwafashe umwanzuro kuri referandumu ishobora ‘kugumisha Tshisekedi ku butegetsi’

Urukiko rushinzwe kurinda Itegeko Nshinga muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) rwemeje ko umushinga w’itegeko rigena uburyo referandumu yakorwa…

Uganda yatsinze Ebola

Minisiteri y’Ubuzima muri Uganda yatangaje ko iki gihugu cyamaze gutsinda icyorezo cya Ebola cyo mu bwoko bwa Bundibugyo nyuma y’iminsi…