DIPOLOMASI

Perezida Kagame yahawe kuyobora komisiyo ishinzwe iterambere rya AI muri Loni

Perezida Paul Kagame yagizwe Umuyobozi Mukuru wa Komisiyo y’Umuryango w’Abibumbye ishinzwe guteza imbere ikoreshwa ry’ubwenge buhangano ku rwego mpuzamahanga, ‘AI…

- Advertisement -
Ad image

U Rwanda na Bénin byaganiriye ku buryo bwo kongera imbaraga mu bufatanye

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Olivier Nduhungirehe, yaganiriye na mugenzi we wa Bénin, Corinne Amori Brunet. Ni ibiganiro byabereye  i Paris…

U Rwanda rwijeje Lesotho ubufatanye bufitiye inyungu abaturage

Minisitiri w’Intebe Dr.Nsengiyumva Justin,yagaragaje ko ubushuti buri hagati y’u Rwanda na Lesotho buzakomeza kandi hitawe ku nyungu z’abaturage b’ibihugu byombi.…

Afurika y’Epfo igiye kongera gutanga Visa ku Banyarwanda

Ibiganiro byo kuzahura umubano byahuje Minisitiri w'Ubabanyi n'Amahanga w'u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe na mugenzi we wa Afurika y'Epfo, Ronald…

AMAFOTO – Perezida Macron yakiriye ku meza Perezida Kagame na Madamu J. Kagame

Perezida w'u Bufaransa, Emmanuel Macron n'umugore we Brigitte Macron bakiriye ku meza Perezida Paul Kagame w'u Rwanda na Madamu Jeannette…

Ibyo kumenya ku rwibutso rwa Jenoside rwashyizwe i Paris mu Bufaransa

Ni indi ntambwe yatewe mu mubano w'u Rwanda n'u Bufaransa wongeye kuzahuka ukagera ku gasongero ku butegetsi bwa Perezida Emmanuel…

Abapolisi basoje imyitozo idasanzwe yo kurwanya iterabwoba – AMAFOTO

Minisitiri w’umutekano w’Imbere mu gihugu Dr. Vincent Biruta yasoje ku mugaragaro imyitozo ihuriweho yo kurwanya iterabwoba y’inzego z’umutekano zo mu…

- Advertisement -
Ad image