DIPOLOMASI

U Rwanda na Israel baganiriye ku mubano n’umutekano

Ibihugu by'u Rwanda na Israel byaganiriye ku mutekano uri mu bice biherereyemo ndetse n'umubano uri hagati y'ibihugu byombi, Israel yihanganishije…

Ingabo z’u Rwanda ziri muri Sudan y’Epfo zatangije ibikorwa byo Kwibuka

Ingabo z'u Rwanda ziri mu butumwa bw'amahoro n'Abanyarwanda baba muri Sudani y’Epfo, zafatanyije n’abahagarariye Umuryango mpuzamahanga mu gikorwa cyo kwibuka…

Dr. Nsengiyumva yahagarariye Perezida Kagame mu irahira rya Touadéra

Minisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva yageze i Bangui, aho ahagarariye Perezida Paul Kagame mu muhango wo kurahira kwa Perezida watowe,…

Ba ‘Defence Attachés’ baganirijwe ku mutekano w’u Rwanda n’ uwo mu karere

Minisiteri y’Ingabo hamwe n’Ingabo z’u Rwanda (RDF) bakiriye Abahagarariye mu Rwanda, inyungu za gisirikare (Defence Attachés), bagezwaho ikiganiro ku bijyanye…

Abayobozi ba RDF bari mu biganiro bigamije kubana neza n’ingabo za Tanzania

Abayobozi b’Ingabo z’u Rwanda (RDF) n’Ingabo za Tanzania (TPDF) bahuriye mu Karere ka Karagwe mu Nama ya 15 y’Abayobozi b’Ingabo…

Uko Ingabo z’u Rwanda zagaruye ubuzima mu Ntara ya Cabo Delgado

Imyaka itanu igiye gushira u Rwanda rwohereje ingabo n’abapolisi mu Ntara ya Cabo Delgado, mu rwego rwo gufasha Guverinoma ya…

- Advertisement -
Ad image