Ange Eric Hatangimana

1091 Articles

Gen Tshiwewe wari inshuti magara ya Tshisekedi ategerejwe mu rukiko

Gen Christian Tshiwewe Songesa wabaye Umugaba Mukuru w'Ingabo za Congo ku butegetsi bwa Perezida Felix Antoine Tshisekedi ategerejwe mu rukiko…

U Rwanda rwatsinzwe urubanza rwarezemo Ubwongereza

Urukiko mpuzamahanga rwemeje ko Ubwongereza butazishyura u Rwanda miliyoni y'ama-pounds kubera amasezerano yo kwakira abimukira yahagaritswe n'ubutegetsi bwa Minisitiri w'Intebe…

Imitima yari ihagaze! RSSB Tigers ni yo itwaye igikombe cya Africa muri Basketball

Amateka yongeye kwandikwa muri Kigali Arena, ikipe ya RSSB Tigers ihagarariye u Rwanda itsinze ku isegonda rya nyuma ikipe ya…

Hasohotse raporo ya muganga ku buzima bwa Trump

Umuganga bwite wa Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump witwa Dr Sean Barbabella yatangaje ko uyu muyobozi…

Nyuma yo gutsinda Arsenal, i Paris havutse imidugararo

Mu ijoro ryakeye, umujyi wa Paris waranzwe n’akaduruvayo gakomeye ubwo ibyishimo byo kwizihiza intsinzi byivanze n’imvururu, nyuma y’uko ibihumbi by’abafana…

Utinya Ebola? Hano hari amakuru yagufasha gusobanukirwa no kuyirinda

Inyandiko iri hano twifashishije amakuru twasangijwe n'Ikigo cy'Igihugu cy'Ubuzima, RBC, ku kumenya no kwirinda indwara ya EBOLA ikomeje kwica abatari…

Super Manager urega MTN ntiyanyuzwe n’icyemezo cy’urukiko

Gakumba Patrick wamamaye nka Super Manager wareze MTN Rwanda PLC ashaka indishyi ya miliyoni 380Frw, urikiko rwavuze ko atari MTN…

Abapolisi basoje imyitozo idasanzwe yo kurwanya iterabwoba – AMAFOTO

Minisitiri w’umutekano w’Imbere mu gihugu Dr. Vincent Biruta yasoje ku mugaragaro imyitozo ihuriweho yo kurwanya iterabwoba y’inzego z’umutekano zo mu…

Abana 16 bahiriye ku ishuri

Kenya - Abanyeshuri 16 bapfiriye mu nkongi y'umuriro yibasiye ishuri ricumbikira abanyeshuri ahitwa Gilgil, mu birometero 120 mu burengerazuba bw'umurwa…

Abagura indaya baburiwe – icyo itegeko rivuga

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwibukije Abanyarwanda ko gutanga amafaranga cyangwa ikindi gihembo, ikiguzi hagamijwe gukora imibonano mpuzabitsina ari icyaha gihanwa…