Ange Eric Hatangimana

1046 Articles

Didier Drogba yahawe inshingano muri Tanzania

Perezida wa Tanzania, Madamu Samia Suluhu Hassan yakiriye mu biro bye umukinnyi wamenyekanye cyane mu Bwongereza, Didier Drogba amuha inshingano…

Inzego z’umutekano zarashe umuntu hafi y’Ibiro bya Perezida wa America

Mu masaha yo ku mugoroba wo ku wa Mbere ibiro by’Umukuru w’Igihugu muri America “byashyizwe mu kato” by’igihe gito nyuma…

Iran na America byongeye gukozanyaho bipfa umuhora wa Hormuz

Leta zunze ubumwe za America zatangaje ko zarashe amato 7 ya Iran ziyashinja kubangamira umutekano ku muhora wa Hormuz. Mbere…

Urugendo rwa Perezida Ruto rwakoze ku mutima Perezida Suluhu

Perezida wa Tanzania, Madamu Samia Suluhu Hassan yagaragaje ko yishimiye uruzinduko rw’iminsi ibiri, Umukuru w’Igihugu cya Kenya, William Ruto yatangiye…

Iyo mbonye impuzankano za RDF ndishima – Ubuhamya bw’uwarokotse Jenoside

Kamonyi: Ubwo hibukwaga ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, mu Murenge wa Musambira, Ngomiraronka Aphrodice umwe mu…

i Maranyundo – Hibutswe Abatutsi bari bahahungiye bakicwa n’ingabo zari iza Leta

Ku musozi wa Maranyundo uherereye mu Karere ka Bugesera habereye igikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi…

“America yasebeye muri Iran”, amagambo y’umuyobozi w’Ubudage yashenguye Trump

Leta zunze Ubumwe za America n'Ubudage ntibirimo kuvuga rumwe ku magambo umuyobozi w'Ubudage Friedrich Merz yatangaje avuga ko America yasebeye…