Ange Eric Hatangimana

1040 Articles

Perezida wa Mali yagaragaye mu ruhame nyuma y’igitero gikomeye i Bamako

Ibiro by'Umukuru w'Igihugu muri Mali byasohoye amafoto yafashwe mu bihe bitandukanye Perezida w'inzibacyuho, Gen Assimi GOÏTA agaragara mu ruhame, ni…

Igisirikare cya Ghana cyagabweho igitero

Igisirikare cya Ghana cyatangaje ko igitero cy'abantu batazwi cyaguyemo abasivile batatu, ubwo abo bantu barasaga ku modoka mu gace ka…

South Africa: Abacuruzi 3 b’abanyamahanga barashwe ku manywa y’ihangu

Abagabo batatu bari bafite amaduka mu gihugu cya Africa y'Epfo barasiwe mu iguriro rya McDonald mu mujyi wa  Johannesburg ku…

Kigali – Yafashwe umusore ukekwaho kwambura no gusambanya abakobwa “bamenyaniye kuri WhatsApp”

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwafunze Habarurema Jean D’amour ukurikiranyweho gukoresha imibonano mpuzabitsina ku gahato abakobwa batandukanye abizeza akazi. Iperereza ryagaragaje ko…

Ubushyamirane bushingiye ku mazi bwatumye hapfa abantu 42

Abantu 42 bapfuye abandi 10 barakomereka mu mirwano yabaye hagati y'amoko abiri ashyamiranye mu burasirazuba bwa Chad aho intandaro y'imirwano…

Obama yamaganye igitero cyagabwe kuri Hotel yarimo Perezida Trump

Barack Obama wabaye Perezida wa Leta zunze Ubumwe za America yamaganye igitero cyagabwe kuri Hotel yari yakiriye ibirori bya Perezida…

Minisitiri w’Ingabo yishwe n’inyeshyamba

Mali - Itangazo ryasomwe kuri televiziyo ya leta, igisirikare cya Mali cyemeje urupfu rwa Minisitiri w'Ingabo, Lt.Gen Sadio CAMARA wishwe…

Ububiligi bwasubije uwabubajije niba bugurisha intwaro zo gutera u Rwanda

Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga w'Ububiligi, Maxime Prévot yamaganye ibivugwa ko icyo gihugu cyohereje intwaro zigamije gutera u Rwanda, avuga ko ari…