MUGIRANEZA THIERRY

151 Articles

AFC/M23 yavuze ku byo gukura Ingabo mu bice igenzura

Ihuriro rya AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ryatangaje ko urujya n'uruza rw'abasirikare baryo rumaze igihe rugaragara…

Iteramakofe: Abanyarwanda bigaragaje muri ‘Kigali Fight Night’ 

Abanyarwanda bigaragaje mu irushanwa ry'iteramakofe rya 'Kigali Fight Night’ ryabaga ku nshuro ya kabiri, aho abarwanye bose mu cy'icyiciro cy'ababigize…

Umuti wabonetse ku ibura ry’amagambo y’Ikinyarwanda

Inteko y’Umuco yamuritse Inkoranyamuga y’ikoranabuhanga, kikaba igitabo cy’amapaji 274 n’amagambo 1,700 gikubiyemo amagambo ya gihanga (amuga)  ari mu rurimi rw’Ikinyarwanda…

Ba ‘Defence Attachés’ baganirijwe ku mutekano w’u Rwanda n’ uwo mu karere

Minisiteri y’Ingabo hamwe n’Ingabo z’u Rwanda (RDF) bakiriye Abahagarariye mu Rwanda, inyungu za gisirikare (Defence Attachés), bagezwaho ikiganiro ku bijyanye…

Israel na Amerika byishe uwo bishinja gufunga inzira ya Hormuz

Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Israel byatangaje ko byishe Umugaba w’ingabo za Iran (Revolutionary Guard Corps) zirwanira mu mazi,…

Nyamagabe: Miliyari 90 Frw ziri kwifashishwa mu guha abaturage amazi meza

Akarere ka Nyamagabe karateganya ko kugera mu 2030 abaturage barenga ibihumbi 370 bagatuye bazaba bagejejweho amazi meza n’ibikoresho by’isuku n’isukura…

Perezida Kagame yakemuye ibibazo by’Abayisilamu

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yakiriye anakemura ibibazo Abayisilamu bo mu Rwanda bamugejejeho birimo abagowe n’imibereho kubera amikoro make, ikibazo…

Perezida Kagame ku bayobozi – “muri abirasi kandi mwiratana ubusa” (VIDEO)

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yanenze abayobozi batita ku nshingano zabo bakumva ko ari ibintu bisanzwe bakiregura basaba imbabazi bavuga…

Kigali- Umurambo wasanzwe mu gishanga

Mu mugezi unyura mu gishanga cya Rwampara ku rugabano rw’uturere twa Nyarugenge, mu Murenge wa Nyarugenge na Kicukiro, mu Murenge…

Perezida Trump yahagaritse kurasa Iran

Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko yategetse Minisiteri y’ingabo y’icyo Gihugu, guhagarika ibikorwa byo kurasa…