MUGIRANEZA THIERRY

193 Articles

Ndayishimiye azongera kwiyamamariza kuyobora u Burundi

Ishyaka riri ku butegetsi mu Burundi, CNDD-FDD ryatoye Evariste Ndayishimiye usanzwe uyobora icyo Gihugu, nk'Umukandida uzarihagarira ku mwanya wa Perezida…

Kigali: Hatangiye igerageza rizafasha abagenzi kumenya aho bisi zigeze

Ikigo cya Leta gishinzwe imikorere y’imodoka zitwara abantu mu buryo bwa rusange, Ecofleet Solutions, cyatangaje ko cyatangiye igerageza ry’ikoranabuhanga rishya…

Abakwirakwiza ingengabitekerezo ya Jenoside ntibazabigeraho – Min. Habimana Dominique

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Habimana Dominique, yavuze ko Abanyarwanda bahisemo kuba umwe no kutemera kuba mu byabagejeje kuri Jenoside yakorewe Abatutsi,…

Umusore wagiye kugura indaya ibye byarangiye mu marira

Gicumbi - Tuyishimire wo mu Karere ka Gicumbi ubu ari kuvurirwa mu Bitaro bya Byumba nyuma yo gukomeretswa ku gitsina…

Minisitiri w’Ubuzima yagaye abaganga bakoze Jenoside

Minisitiri w'Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana, yagaye abaganga bakoze Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 bakica abo bagombaga kuvura, avuga ko ubu…

Umuyobozi wa MONUSCO yasuye Goma igenzurwa na AFC/ M23

Umuyobozi w’Ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (MONUSCO), Umunyamerika James Swan, yageze mu Mujyi wa Goma umaze…

The Blessed Worship Team yibukije abiringira Yesu ko batazakorwa n’isoni- VIDEO

Itsinda ry’Abaramyi, The Blessed Worship Team, ryasohoye indirimbo ryise ‘Ni Wowe Mugisha Wanjye’ ryibutsa abizera Yesu Krisitu nk’Umwani n’umukiza  ko…

Abakobwa urugo rwa se baruhinduye ‘lodge’ yavuga bakamukubita

Hakizimana Simon, aratabaza ubuyobozi nyuma y’uko abakobwa be bafashe urugo rwe bakaruhindura aho bacyurira abagabo ‘lodge’ , yataka bakamubwira ko…

Congo n’u Rwanda byongeye guhurira mu nama i Washington

U Rwanda na Repubulika ya Demokarasi ya Congo byongeye guhurira mu nama i Washington muri Leta zunze Ubumwe za America,…

Abasirikare ba Israel bahamijwe kuba intasi za Iran

Igisirikare cya Israel cyatangaje ko abasirikare bacyo babiri bo mu Ngabo zirwanira mu kirere bahamwe n'ibyaha byo kuba intasi za…