MUGIRANEZA THIERRY

193 Articles

Kigali: Bisi zahawe ibisate by’imihanda zonyine

Umujyi wa Kigali watangaje ko kuva ku wa Gatanu, tariki 24 Mata 2026, imihanda imwe n’imwe yo muri uwo Mujyi…

U Rwanda na Uganda byasinyanye amasezerano y’ubufatanye

Ibihugu by'u Rwanda na Uganda byasinyanye amasezerano y'ubufatanye mu kubaka ubudahangarwa bwo guhangana n'ibyorezo, guhugura abakozi bo mu rwego rw'ubuvuzi…

Kamonyi: Barasabwa gutanga amakuru y’ahari imibiri y’abishwe muri Jenoside

Mu murenge wa Karama mu Karere ka Kamonyi, mu gikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu…

Murambi – Ingabo z’Abafaransa zatunzwe agatoki ko zicishije Abatutsi

Visi Perezida w’Inteko Ishingamategeko umutwe w’Abadepite, Ushinzwe amategeko no kugenzura ibikorwa bya Guverinoma, Beline Uwineza, yagaragaje ko hari uruhare rutaziguye…

Ingaruka mbi z’intambara ya Iran zigeze ku bakoresha agakingirizo

Sosiyete ya Karex iza ku mwanya wa mbere  mu gukora udukingirizo twinshi mu Isi aho ikora uturenga miliyari eshanu mu…

Leta yasabye ibigo byayo kongera imodoka zikoresha amashanyarazi gusa

Minisiteri y’Ibikorwa Remezo mu Rwanda yategetse abacunga imari mu Bigo bya Leta byose ko igihe bagiye kugura imodoka nshya zo…

Nta Munyarwanda ukwiriye gusinda amahoro dufite- Meya Nahayo

Umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi, Dr. Nahayo Sylvere, yasabye abaturage b'Umurenge wa Kayumbu gukomeza kunga ubumwe n'ubudaheranwa, kubaka umuco w'amahoro no…

Uganda n’u Rwanda mu biganiro byo kunoza umubano

Intumwa z’u Rwanda n’iza Uganda zahuriye i  Kampala mu nama ya 12 ya Komisiyo Ihoraho ihuriweho y’ibihugu byombi mu rwego…

Umuyobozi wa MONUSCO yatangiye gusura u Burasirazuba bwa Congo

Umuyobozi w’Ubutumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (MONUSCO), Umunyamerika James Swan, yatangiye gusura ibice by'u Burasirazuba…

Amerika yashimuse ubwato bwa Iran

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko ingabo z’icyo gihugu zafashe ubwato butwara imizigo bwa Iran,…