MUGIRANEZA THIERRY

365 Articles

Congo: Abishwe na Ebola barenze 700

Minisiteri y’Ubuzima muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko abantu bamaze kwandura icyorezo cya Ebola cyo mu bwoko bwa…

Ishuri Saint Gabriel ryafunguye ishami rishya i Kabuga

Ishuri Saint Gabriel (Ecole Primaire et Maternelle Saint Gabriel), risanzwe rikorera mu Murenge wa Kimironko mu Karere ka Gasabo, ryafunguye…

Umuganga yahamijwe kwica abarwayi 15

Urukiko rwo mu Mujyi wa Berlin mu Budage rwakatiye igifungo cya burundu umuganga w'inzobere mu kwita ku barembye nyuma yo…

Congo: Abishwe na Ebola babaye 600

Minisiteri y’Ubuzima muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yavuze ko abantu bamaze kwandura icyorezo cya Ebola cyo mu bwoko bwa…

Navuga ko ari icyorezo mu bindi- Minisitiri w’Ubuzima ku nzoga ziri kwica abantu

Minisitiri w'Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana, yavuze ko ikibazo cy'inzoga zitujuje ubuziranenge gikomeje gufata intera ikomeye, ku buryo yavuze ko "ari…

Amerika na Iran byasubukuye intambara

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zongeye kugaba ibitero bikomeye kuri Iran mu ijoro rya kabiri rikurikiranye, ivuga ko bigamije gukomeza…

Shaddyboo yoherejwe mu kigo cyita ku babaswe n’ibiyobyabwenge

Mbabazi Shadia uzwi  ku mbuga nkoranyambaga nka Shaddyboo yoherejwe mu kigo cya ‘Isange Rehabilitation Centre’ i Huye kirogora ubumara bw’ibiyobyabwenge…

Iran na Amerika byongeye kurasana

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zagabye ibitero bikomeye ku bikorwa remezo bya gisirikare bya Iran zivuga ko ari ugusubiza ku…

Ibisasu byaturikiye hafi ya hoteli Perezida Macron yari acumbitsemo

Ibisasu byaturikiye hafi ya hoteli Perezida w'u Bufaransa, Emmanuel Macron, yari acumbitsemo i Damascus muri Syria, bikomeretsa abantu 18 barimo…

Congo: Abishwe na Ebola barenze 500

Minisiteri y’Ubuzima muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yavuze ko abantu bamaze kwandura icyorezo cya Ebola cyo mu bwoko bwa…