MUGIRANEZA THIERRY

151 Articles

Trump yandagaje Papa Leo XIV

Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yandagaje Umushumba Mukuru wa Kiliziya Gatulika mu Isi, Papa Leo XIV,…

Netanyahu ni Hitler wo muri kino gihe – Turukiya yakije umuriro kuri Israel

Ubutegetsi bwa Turukiya bwise Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, Adolphe Hitler w'ibi bihe, uyu akaba yarateguye akanayobora Jenoside yakorewe…

Inkotanyi ziracyari za zindi- Min. Nduhungirehe ku barota guhungabanya u Rwanda

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yavuze ko ingabo zahagaritse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, ntaho zagiye ahubwo zisigaye…

Minisitiri Jean Damascène yanenze abanyamakuru bakerensa Jenoside yakorewe Abatutsi

Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Bizimana Jean Damascène, yanenze abanyamakuru batazirikana amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, bakaba…

U Rwanda na Israel baganiriye ku mubano n’umutekano

Ibihugu by'u Rwanda na Israel byaganiriye ku mutekano uri mu bice biherereyemo ndetse n'umubano uri hagati y'ibihugu byombi, Israel yihanganishije…

AFC/M23 yohereje intumwa mu Busuwisi, ishinja Leta ya Congo kurasa mu baturage

Ihuriro rya AFC/M23 ryatangaje ko intumwa zaryo zatangiye urugendo rujya mu Busuwisi, ahakomereje ibiganiro by'amahoro, rishinja Ingabo za Repubulika Iharanira…

Iran na Amerika bitegerejwe mu biganiro

Abategetsi bakuru muri Leta zunze Ubumwe za Amerika n'aba Iran barahurira Islamabad muri Pakistan mu biganiro by'amahoro bigamije gusuzuma ishyirwa…

PL yasabye Abanyarwanda kuzirikana ubutwari bw’Inkotanyi zahagaritse Jenoside

Ishyaka Riharanira Ukwishyira Ukizana kwa buri Muntu/PL ryasabye abayoboke baryo n’Abanyarwanda bose gukomeza kuzirikana ubutwari bw’ingabo zari iza RPF Inkotanyi…

Abanyeshuri bagera kuri 50% badindiye mu myigire

Minisitiri w’Uburezi,  Joseph Nsengimana, yagaragaje ko hari byinshi byo kwishimira mu burezi bw’u Rwanda  birimo kuba 1/3 cy’abanyarwanda bari mu…

Dr. Nsengiyumva yahagarariye Perezida Kagame mu irahira rya Touadéra

Minisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva yageze i Bangui, aho ahagarariye Perezida Paul Kagame mu muhango wo kurahira kwa Perezida watowe,…