Abantu 10 bari mu bikorwa byo kubaka ,bagwiriwe na clôture y’inyubako y’igorofa bari begeranye, umuntu ahita yitaba Imana. abandi barakomereka.…
Abanyarwanda batatu, bitwaye neza mu irushanwa mpuzamahanga ryo Gusiganwa ku Maguru ‘Kigali International Peace Marathon’ mu Cyiciro cy’Ibilometero 21 .…
Mu mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Amahoro wabereye kuri Stade Amahoro, Rayon Sports WFC yatsinze Police WFC ibitego 2-0 iyitwara igikombe…
Nyuma y’imyaka isaga 12 avuye mu Rwanda, Umwongereza, Stephen Constantine yongeye guhabwa akazi ko gutoza ikipe y’Igihugu, Amavubi yaherukagamo mu…
Uwari umunyamakuru wa RadioTV10 mu kiganiro cy’imikino, Ngaboyicondo Roben uzwi nka ‘Roben Ngabo’, yahawe akazi mu Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu…
Nyuma yo kugorwa n’imvune mu bihe bishize, Neymar da Silva Santos Júnior w’imyaka 34, yongeye guhamagarwa mu kipe y’Igihugu ya…
Umutoza wungirije muri AS Kigali, Umwungeri Patrick, ari mu batoza babonye Impamyabumenyi yo gutoza yo ku rwego rwa B-CAF. Mu…
Sign in to your account