Uncategorized

Kigali – Abantu 10 bagwiriwe na ‘clôture ‘

Abantu 10  bari mu bikorwa byo kubaka  ,bagwiriwe na clôture y’inyubako y’igorofa bari begeranye, umuntu ahita yitaba Imana. abandi  barakomereka.…

- Advertisement -
Ad image

KIPM: Imidari myinshi yasigaye i Kigali muri Half-Marathon

Abanyarwanda batatu, bitwaye neza mu irushanwa mpuzamahanga ryo Gusiganwa ku Maguru ‘Kigali International Peace Marathon’ mu Cyiciro cy’Ibilometero 21 .…

Rayon Sports WFC yegukanye igikombe cya Kabiri mu 2026

Mu mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Amahoro wabereye kuri Stade Amahoro, Rayon Sports WFC yatsinze Police WFC ibitego 2-0 iyitwara igikombe…

Stephen Constantine yongeye kugirwa umutoza w’Amavubi

Nyuma y’imyaka isaga 12 avuye mu Rwanda, Umwongereza, Stephen Constantine yongeye guhabwa akazi ko gutoza ikipe y’Igihugu, Amavubi yaherukagamo mu…

Roben Ngabo yahawe akazi muri FERWAFA

Uwari umunyamakuru wa RadioTV10 mu kiganiro cy’imikino, Ngaboyicondo Roben uzwi nka ‘Roben Ngabo’, yahawe akazi mu Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu…

Neymar Junior yagarutse mu kipe y’Igihugu ya Brésil

Nyuma yo kugorwa n’imvune mu bihe bishize, Neymar da Silva Santos Júnior w’imyaka 34, yongeye guhamagarwa mu kipe y’Igihugu ya…

Umwungeri Patrick mu babonye Licence B-CAF

Umutoza wungirije muri AS Kigali, Umwungeri Patrick, ari mu batoza babonye Impamyabumenyi yo gutoza yo ku rwego rwa B-CAF. Mu…

- Advertisement -
Ad image