TUYISHIMIRE RAYMOND

1045 Articles

Umutekano n’imiyoborere myiza ni inkingi y’ibyagezweho byose – Perezida Kagame

Perezida Paul Kagame avuga ko igihugu cyubakiye ku mutekano w’abaturage bityo nta terambere ryagerwaho udahari, yavuze ko abagize uruhare mu…

Brig Gen Karuretwa yasabye abari mu Itorero Indangamirwa kujyana n’icyerekezo cy’u Rwanda

Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda akaba n’Umuyobozi Mukuru ushinzwe Ubufatanye Mpuzamahanga mu bya Gisirikare, , Brig Gen Patrick Karuretwa,yasabye abitabiriye Itorero…

Perezida Chapo ashima uko u Rwanda rwarwanyije iterabwoba muri Mozambique

Perezida wa Mozambique akaba n'Umugaba w'Ikirenga w'Ingabo za Mozambike (FADM), Daniel Francisco Chapo, yashimye uruhare rw’inzego z’umutekano z’u Rwanda zagize…

Kigali – Abantu 10 bagwiriwe na ‘clôture ‘

Abantu 10  bari mu bikorwa byo kubaka  ,bagwiriwe na clôture y’inyubako y’igorofa bari begeranye, umuntu ahita yitaba Imana. abandi  barakomereka.…

Umunyarwanda ukekwaho ibyaha bya Jenoside yatawe muri yombi

Ubushinjacyaha bw’u Budage bwataye muri yombi Umunyarwanda ukekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 mu yahoze ari Perefegitura ya…

Abanyarwanda n’agacupa rwarahize!

Ubushakashatsi bwa karindwi ku Buzima n'Imibereho y'Abaturage mu Rwanda, DHS, bugaragaza ko abagore bangana na  7% n’abagabo bangana na 15%…

 Bugesera: Hemejwe ingengo y’imari ikabakaba miliyari 50Frw

Inama Njyanama y’Akarere ka Bugesera yemeje ingengo y’imari y’Akarere y’umwaka utaha wa 2026-2027 ingana na 49,873,529,739 frw, izakoreshwa mu bikorwa…

Uko u Rwanda rufata ikirego cya Congo  muri ICJ n’ibihano byarufatiwe

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko ibihano  Leta Zunze Ubumwe za Amerika  yafatiye u Rwanda bibogamye kuko…

U Rwanda na Kenya byasinyanye amasezerano ajyanye no gutumiza Peteroli

Guverinoma y’u Rwanda n’iya Kenya ku wa 29 Kamena 2026, byagiranye amasezerano y’ubufatanye mu gutumiza ibikomoka kuri Peteroli binyuze mu…

Ba Ofisiye babiri ba RDF basoje amasomo ya gisirikare muri Qatar

Igisirikare cy’u Rwanda, RDF, cyatangaje ko kuri uyu wa Mbere Tariki ya 29 Kamena 2026,  ba Ofisiye bakuru babiri bo…